Politiki

Guverinoma y’U Rwanda yanenze cyane icyemezo gitunguranye cy’U Burundi, cyo kongera gufunga Imipaka.

Guverinoma y’u Rwanda ntiyishimiye nagato ko icyemezo cyafashwe kikanashyirwa mu bikorwa na Leta y’U Burundi cyo gufunga imipaka ihuza Ibihugu…

9 months ago

Ese Moïse Katumbi uhanganye na Tshisekedi ni muntu ki?

Moïse Katumbi yavutse ku ya 28 Ukuboza 1964, yavutse kuri nyina w'Umukongomani witwa Virginie Katumbi ndeste no kuri se witwa…

9 months ago

Itegeko ryohereza abimukira mu Rwanda rigiye gusubizwa mu nteko kugira ngo rirusheho kunozwa neza.

Umushinga w’Itegeko rishyigikira gahunda ya Guverinoma y’u Bwongereza yo kohereza abimukira mu Rwanda, rigiye gusubizwa mu Nteko Ishinga Amategeko kugira…

9 months ago

Kuki Yorodani ari kimwe mu bihugu bigifite ubwami? Ni gute ubu bwami bukora?

Politiki ya Yorodani ibera mu rwego rw'ubwami bw'abadepite, aho Minisitiri w’intebe wa Yorodani ari umuyobozi wa guverinoma, ndetse n’amashyaka menshi.…

9 months ago

Perezida wa Nigeriya yahagaritse minisitiri w’ubutabazi kubera ikibazo cya ruswa.

Betta Edu n'abamubanjirije barimo gukorwaho iperereza ku bijyanye n’imikoreshereze y’imari ikekwa muri minisiteri y’ubutabazi. Kuri uyu wa mbere, perezida wa…

9 months ago

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashimiye Umwami Abdullah II wasoje uruzinduko rwe mu Rwanda.

Paul Kagame, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda yashimiye Umwami Abdullah II Ibn Al-Hussein w’Ubwami bwa Yorodaniya wasoje uruzinduko rw’Iminsi itatu…

9 months ago

Kuva mu myaka ibiri kugeza magingo aya, U Rwanda rumaze kwakira impunzi z’Abanye-Congo zisaga ibihumbi 13.

Nyuma y’ikibazo cy’umutekano gikomeje kumvikana muri Lepubulika iharanira Demokarasi ya Congo kubera intambara z’urudaca byumwihariko mu burasirazuba bw’iki gihugu U…

9 months ago

Byinshi wamenya ku mugore wa Kim Jong Un Umuyobozi w’ikirenga wa Koreya ya Ruguru.

Abantu benshi bakunze gufata Kim Jong Un nka perezida w'igihugu cya Koreya ya Ruguru, gusa siko bimeze kuko iki gihugu…

9 months ago

Muri Afrika uwabaye Miss arifuza kuba Perezida nubwo afite imyaka 24.

Uwatsindiye kuba Miss Namibia muri 2022, Cassia Sharpley yatangaje ko yifuza kwiyamamariza kuyobora igihugu nubwo akiri muto (24). Cassia Sharpley…

9 months ago

Muri DR Congo hongeye kumvikana amakimbirane ashingiye ku moko.

Komiseri Mukuru w’Uburenganzira bwa Muntu y’Umuryango w’abibumbye, Volker Turk, yatanze umuburo ku bijyanye n’uko amakimbirane y’amoko yiyongera ndetse anavuga ihohoterwa…

9 months ago

This website uses cookies.