Politiki

Dore ibihugu bifite amategeko akakaye, Aho kwambara ibara ry’umuhondo no kwizihiza St Valantin ari icyaha.

Isi yuzuyemo amategeko menshi afasha abayituye kubaho neza no kwirinda ibyahungabanya umutekano n’umudendezo w’abandi cyangwa se ibidukikije. Hari ibihugu bimwe…

1 year ago

Umuvugizi wa Reta y’u Rwanda Alain Mukurarinda yahumurije Abarundi bari mu Rwanda ko umutekano wabo ari wose.

U Rwanda n'u Burundi ni ibihugu bisa nkaho ari bimwe, n'ibihugu bisangiye byinshi, ari ururimi, umuco mbese bihana inka n'abageni.…

1 year ago

Ingabo z’umuryango w’abibumbye zishinzwe kubungabunga amahoro zatangiye kuva muri DR Congo.

Ingabo z’umuryango w’abibumbye zishinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC), bazwi ku izina rya MONUSCO, batangiye kuva…

1 year ago

Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ifatirwamo imyanzuro itandukanye hamenyekanye igihe izabera.

Inama ya 19 y’Igihugu y’Umushyikirano byemejwe ko izaba tariki 23 na 24 Mutarama 2024, hazareberwa hamwe aho u Rwanda rugeze…

1 year ago

Ibyo wamenya kuri minisitiri w’intebe mushya w’Ubufaransa werura ubwe ko ari “Umutinganyi”

Kuri iki cyumweru, Ubufaransa bwabaye igihugu gikomeye ku isi gifite umukuru w’ubutegetsi w'umutinganyi mu mateka y'isi. Nubwo bimeze gutyo, Abafaransa…

1 year ago

Ngizi Gereza nziza ku isi, zirusha ubwiza Hotel nyinshi.

Imiryango itegamiye kuri Leta yavuze ko amagereza yo muri iki gihe atera abagororwa kwiheba, harimo no gufungirwa ahantu bitoroshye kubona…

1 year ago

U Rwanda na Tanzania basinye amasezerano y’ubufatanye mu guteza imbere inganda zitunganya umusaruro w’amata.

Ibihugu by’u Rwanda na Tanzania, byasinye amasezerano y’ubufatanye mu guteza imbere inganda zitunganya umusaruro w'amata. Ku munsi w'ejo tariki 12…

1 year ago

Amerika yananiwe gukurikirana miliyari imwe y’amadolari y’inkunga ya gisirikare kuri Ukraine

Minisiteri y’Ingabo ntiyigeze ibika neza ibisasu bifite agaciro karenga miliyari imwe y’amadolari, murizo ntwaro harimo misile zirasa ibitugu, indorerwamo zo…

1 year ago

Bivugwa ko ubucuruzi hagati y’Ubushinwa n’Uburusiya bwiyongereye kuva intambara muri Ukraine yatangira

Ubucuruzi hagati y’Ubushinwa n’Uburusiya mu 2023 byavuzwe ko bwiyongereye nk'uko imibare yashyizwe ahagaragara uyu munsi na Beijing, mu gihe ubucuruzi…

1 year ago

Byinshi wamenya kuri Pasiteri ushinjwa kugira uruhare mu iyicwa rya Perezida wa Haiti.

Amayobera aracyari yose ajyanye n'iyicwa rya perezida wa Haiti, Jovenel Moïse, yarushijeho kwiyongera ubwo abapolisi bo muri Hayiti bataga muri…

1 year ago

This website uses cookies.