Politiki

Netanyahu yanze amasezerano yo kurekura abanya Gaza

Intambara ya Isiraheli kuri Gaza - ubu ku munsi wa 104 - kugeza ubu imaze guhitana byibuze Abanyapalestina 24.448 ikomeretsa…

1 year ago

Qatar n’u Rwanda byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’umutekano.

Leta y’u Rwanda n’iya Qatar byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye hagati y’inzego z’umutekano z’ibihugu byombi. Aya masezerano yasinywe ku munsi…

1 year ago

Nkuko Koreya Yepfo ibitangaza ngo ibona umukobwa wa Kim Jong Un ariwe uzamusimbura.

Umukobwa wa w'umuyobozi w'ikirenga Kim Jong Un wa Korea ya Ruguru, wagiye amuherekeza mu kugerageza ibisasu bya misile no mu…

1 year ago

I Nasho hasojwe imyitozo n’amahugurwa ku basirikare barwanira ku butaka, mu ngabo z’U Rwanda. {Amafoto}

Abasirikare barimo Aba Offisiye ndetse n’abafite andi mapeti mu ngabo z’U Rwanda basoje amahugurwa n’imyitozo y’Ingabo zirwanira ku butaka {(Advanced…

1 year ago

Ubushinwa burimo gushora imari mpuzamahanga mu nama ya Davos yabereye mu Busuwisi

Ubushinwa bwazanye ubutumwa bukomeye mu nama mpuzamahanga y’ubucuruzi y’uyu mwaka yabereye i Davos mu Busuwisi, kugira ngo igerageze kumvisha isi…

1 year ago

Amakimbirane yo mu Rwanda na Kongo amaze kwiyongera nyuma yuko u Rwanda ruvuga ko rwishe umusirikare wambutse umupaka.

Ku wa kabiri, ingabo z’u Rwanda zavuze ko zishe umusirikare wa Kongo wambutse umupaka kandi bivugwa ko yarashe ku irondo…

1 year ago

Pakisitani : Umubare munini w’Abana bato baguye mu gitero cya Irani.

Leta ya Pakisitani yatangaje ko abana babiri aribo byamenyekanye ko bishwe, Naho abandi batatu bakomeretse bihamabaye mu gitero cyagabwe na…

1 year ago

Koreya ya Ruguru yarashe misile ya Ballistic kuri Koreya y’Epfo.

Guverinoma ya Koreya y'Epfo yavuze ko Koreya ya Ruguru yayirasheho igisasu cya Misile yo mu bwoko bwa ballistique mu ijoro…

1 year ago

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda yavuze ikiri gukorwa nyuma yo gufata abasirikare ba FARDC binjiye mu gihugu.

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga yavuze ko abasirikare babiri b’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo binjiranye…

1 year ago

Sobanukirwa iby’iki gihugu gifite gereza imwe kandi ifungirwamo abantu babiri gusa.

Biratangaje kumva ko hari igihugu kibaho mu mudendezo wavuga nka Paradizo ku buryo usanga nta magereza afunga abanyabyaha aba ahari,…

1 year ago

This website uses cookies.