Politiki

Amakimbirane yo mu Rwanda na Kongo amaze kwiyongera nyuma yuko u Rwanda ruvuga ko rwishe umusirikare wambutse umupaka.

Ku wa kabiri, ingabo z’u Rwanda zavuze ko zishe umusirikare wa Kongo wambutse umupaka kandi bivugwa ko yarashe ku irondo…

9 months ago

Pakisitani : Umubare munini w’Abana bato baguye mu gitero cya Irani.

Leta ya Pakisitani yatangaje ko abana babiri aribo byamenyekanye ko bishwe, Naho abandi batatu bakomeretse bihamabaye mu gitero cyagabwe na…

9 months ago

Koreya ya Ruguru yarashe misile ya Ballistic kuri Koreya y’Epfo.

Guverinoma ya Koreya y'Epfo yavuze ko Koreya ya Ruguru yayirasheho igisasu cya Misile yo mu bwoko bwa ballistique mu ijoro…

9 months ago

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda yavuze ikiri gukorwa nyuma yo gufata abasirikare ba FARDC binjiye mu gihugu.

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga yavuze ko abasirikare babiri b’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo binjiranye…

9 months ago

Sobanukirwa iby’iki gihugu gifite gereza imwe kandi ifungirwamo abantu babiri gusa.

Biratangaje kumva ko hari igihugu kibaho mu mudendezo wavuga nka Paradizo ku buryo usanga nta magereza afunga abanyabyaha aba ahari,…

9 months ago

Dore ibihugu bifite amategeko akakaye, Aho kwambara ibara ry’umuhondo no kwizihiza St Valantin ari icyaha.

Isi yuzuyemo amategeko menshi afasha abayituye kubaho neza no kwirinda ibyahungabanya umutekano n’umudendezo w’abandi cyangwa se ibidukikije. Hari ibihugu bimwe…

9 months ago

Umuvugizi wa Reta y’u Rwanda Alain Mukurarinda yahumurije Abarundi bari mu Rwanda ko umutekano wabo ari wose.

U Rwanda n'u Burundi ni ibihugu bisa nkaho ari bimwe, n'ibihugu bisangiye byinshi, ari ururimi, umuco mbese bihana inka n'abageni.…

9 months ago

Ingabo z’umuryango w’abibumbye zishinzwe kubungabunga amahoro zatangiye kuva muri DR Congo.

Ingabo z’umuryango w’abibumbye zishinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC), bazwi ku izina rya MONUSCO, batangiye kuva…

9 months ago

Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ifatirwamo imyanzuro itandukanye hamenyekanye igihe izabera.

Inama ya 19 y’Igihugu y’Umushyikirano byemejwe ko izaba tariki 23 na 24 Mutarama 2024, hazareberwa hamwe aho u Rwanda rugeze…

9 months ago

Ibyo wamenya kuri minisitiri w’intebe mushya w’Ubufaransa werura ubwe ko ari “Umutinganyi”

Kuri iki cyumweru, Ubufaransa bwabaye igihugu gikomeye ku isi gifite umukuru w’ubutegetsi w'umutinganyi mu mateka y'isi. Nubwo bimeze gutyo, Abafaransa…

9 months ago

This website uses cookies.