Politiki

Afurika y’Epfo: Guverinoma irashaka guhagarika cyamunara y’ibintu bwite bya Nelson Mandela muri Amerika

Cyamunara iteganijwe muri Amerika yibintu bigera kuri 70 by’intwari yo muri Afurika yepfo yo kurwanya ivanguramoko Nelson Mandela, Gusa iyi…

9 months ago

Uwahoze ari perezida wa Sierra Leone arasaba ubuvuzi muri Nijeriya mu gihe bamwe batekereza ko ari amayeri yo guhunga inkiko.

Uwahoze ari perezida wa Sierra Leone, Ernest Bai Koroma, yiteguye kwivuriza muri Nijeriya, nubwo ahanganye n'ibirego byo kugira uruhare mu…

9 months ago

Uwahoze ari perezida wa Nigeriya yoherejwe gukemura ikibazo cya Etiyopiya na Somaliya

Mu rwego rwo gukumira amakimbirane yiyongera hagati ya Etiyopiya na Somaliya kugira ngo yinjire mu ntambara yuzuye, Akanama k'umuryango w’abibumbye…

9 months ago

Blinken mu rugendo rwo gusura ibihugu bine bya Afrika

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Antony Blinken mu cyumweru gitaha azasura ibihugu bine bya Cape Verde, Coryte…

9 months ago

Pakisitani yagabye ibitero byo kwihorera muri Irani.

Pakisitani yagabye ibitero bya misile byo kwihorera muri Irani, nyuma y’iminsi ibiri Iran irashe ku butaka bwa Pakistan. Ibi bitero…

9 months ago

Netanyahu yanze amasezerano yo kurekura abanya Gaza

Intambara ya Isiraheli kuri Gaza - ubu ku munsi wa 104 - kugeza ubu imaze guhitana byibuze Abanyapalestina 24.448 ikomeretsa…

9 months ago

Qatar n’u Rwanda byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’umutekano.

Leta y’u Rwanda n’iya Qatar byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye hagati y’inzego z’umutekano z’ibihugu byombi. Aya masezerano yasinywe ku munsi…

9 months ago

Nkuko Koreya Yepfo ibitangaza ngo ibona umukobwa wa Kim Jong Un ariwe uzamusimbura.

Umukobwa wa w'umuyobozi w'ikirenga Kim Jong Un wa Korea ya Ruguru, wagiye amuherekeza mu kugerageza ibisasu bya misile no mu…

9 months ago

I Nasho hasojwe imyitozo n’amahugurwa ku basirikare barwanira ku butaka, mu ngabo z’U Rwanda. {Amafoto}

Abasirikare barimo Aba Offisiye ndetse n’abafite andi mapeti mu ngabo z’U Rwanda basoje amahugurwa n’imyitozo y’Ingabo zirwanira ku butaka {(Advanced…

9 months ago

Ubushinwa burimo gushora imari mpuzamahanga mu nama ya Davos yabereye mu Busuwisi

Ubushinwa bwazanye ubutumwa bukomeye mu nama mpuzamahanga y’ubucuruzi y’uyu mwaka yabereye i Davos mu Busuwisi, kugira ngo igerageze kumvisha isi…

9 months ago

This website uses cookies.