Politiki

Afurika y’Epfo na Isiraheli bikomeje gufatana mu majosi, bipfa kutavuga rumwe ku mpfu zo muri Gaza.

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Afurika yepfo yatangaje ko ku wa gatatu, Isiraheli yirengagije icyemezo cy’urukiko rukuru rw’umuryango w’abibumbye yica abandi…

8 months ago

Ukraine yariye karungu iteguza Uburusiya umuriro igiye kuyicanaho binyuze mu gitero simusiga.

Nyuma y’igihe kitari gito ingabo z’U Burusiya zigaba ibitero bikomeye ku butaka bwa Ukraine mu byiciro birenze kimwe, Ukraine yariye…

8 months ago

Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi watangije igikorwa gishya cya gisirikare mu nyanja Itukura

Hagati muri Gashyantare, ibihugu bigize Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi bigiye gutangiza ubutumwa bw’amato mu nyanja itukura, bugamije kurinda amato ibitero…

8 months ago

Perezida Paul Kagame yageze i Washington DC aho yitabiriye ibikorwa byo gusengera Amerika n’ihuriro rya Rwanda Day.

Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame na Madamu we Jeannette Kagame bageze i Washington DC, muri Leta Zunze Ubumwe…

8 months ago

Uwahoze ari Minisitiri w’intebe wa Pakisitani n’umugore we bafunzwe bazira ruswa.

Imran Khan n'umugore we Bushra Bibi bafunzwe imyaka 14, igihano cya kabiri gihabwa uwahoze ari Minisitiri w’intebe wa Pakisitani mu…

8 months ago

U Burundi bwatangiye gutegura igisirikare gushingiye ku rubyiruko.

UBurundi bukomeje gukora impinduka zikomeye mu bwirinzi bwabwo ndetse n’umutekano wabwo muri rusange byimwihariko buvugurura igisirikare cyabwo. Minisiteri y’ingabo mu…

8 months ago

Abantu babarirwa muri za miriyoni bakeneye byihutirwa ibiryo mu karere ka Tigray muri Etiyopiya nubwo inkunga yatanzwe.

Agace gato k'abatishoboye bo mu majyaruguru ya Etiyopiya mu majyaruguru ya Tigray bahabwa imfashanyo y'ibiribwa, nk'uko bigaragara mu nyandiko y'ubutabazi…

8 months ago

Indirimbo nshya y’umuhanzi wo muri Tanzania ikomeje guteza impaka nyinshi muri Kenya.

Nay Wa Mitego, umuraperi uzwi cyane wo muri Tanzaniya yatangije impaka zikaze nyuma yo gusohora indirimbo ye nshya yitwa "Wapi…

8 months ago

Perezida Felix Tshisekedi yongeye guhamya ko nta bwiyunge n’imishyikirano ubutegetsi bwe buzagirana n’U Rwanda.

Nyuma ya byinshi bitandukanye birimo ubushotoranyi, Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi Tshilombo, yagiye atangaza hirya…

8 months ago

Irani irahakana uruhare mu gitero cy’indege zitagira abapilote nkuko Biden avuga ko Amerika ‘igomba gusubiza’

Ku cyumweru, Perezida Joe Biden yavuze ko Amerika "izitabira" igitero cy’indege zitagira abapilote mu ijoro ry’amajyaruguru y’amajyaruguru ya Yorodani, hafi…

8 months ago

This website uses cookies.