Politiki

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ububiligi arasaba DR Congo guhagarika umubano na FDLR

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ububiligi, Hadja Lahbib, yahamagariye guverinoma ya Kongo guhagarika umubano na FDLR, umutwe w’ingabo z’umuryango w’abibumbye wemejwe na…

1 year ago

Biden yayobotse inzira ya TikTok mu kwiyamamaza kwe, nubwo Amerika itizeye umutekano waho.

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Joe Biden yifashishije urubuga nkoranyambaga rwa TikTok mu bikorwa byo kwiyamamariza indi manda…

1 year ago

“Amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi ni amasomo akomeye ku batuye Isi” Perezida Kagame

Perezida Kagame yagaragaje ko amakimbirane n’intambara ziri hirya no hino ku Isi bitakabaye bibaho ku muntu wamenye iby’amateka ya Jenocide…

1 year ago

“Ingabo z’U Burusiya nta Internet twigeze tuzigurisha ku rugamba” Elon Musk.

Elon Musk, Umunyemari ukomeye ku Isi yatangaje icyizere Igisirikare cy’U Burusiya cyari gifite cyo kubona internet yo kwifashisha ku rugamba…

1 year ago

Perezida Paul Kagame yasubije ikibazo yabajijwe, Niba koko ari mu bakandida bujuje ibisabwa.

Perezida Kagame yavuze ko mu gihe cy’amatora, abaturage ari bo bemeza niba umukandida ari we wujuje ibikenewe ku cyo bamutorera,…

1 year ago

Abagore n’abakobwa batangiye gutozwa kurwana intambara muri Sudani

Ku kibuga cy'ishuri muri Port Sudani aho abana biga kandi bagakina mu gihe imbere mu gihugu harimo intambara yahindutse ikibanza…

1 year ago

Burundi : Bamwe mu basirikare banze kujya mu mirwano na M23 batangiye kwicwa.

Mu Burundi haravugwa inkuru ya bamwe mu basirikare bo mu ngabo z’iki gihugu ndetse n’imbonerakure nkuko bakunze kuzita nyuma yo…

1 year ago

Wa mugabo uregwa kwica umukunzi we muri Amerika agafatirwa muri Kenya, Yamaze gutoroka polisi yaho.

Ku wa kane, polisi yavuze ko umugabo wari utegereje koherezwa ku cyemezo cya Massachusetts avuga ko yishe umukunzi we agasiga…

1 year ago

Perezida wa Pologne yahaye ikaze urubyiruko rwifuza kwiga ibijyanye n’igisirikare mu gihugu ayoboye.

Perezida wa Pologne yafunguriye amarembo urubyiruko rwifuza kwiga ibijyanye n’igisirikare mu gihugu ayoboye ndetse n’ubundi bumenyi bakenera cyane ko ibihugu…

1 year ago

Guhagarika imirwano: Minisitiri w’intebe wa Isiraheli Benjamin Netanyahu yanze ubusabe bwa Hamas.

Minisitiri w’intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu, yanze amasezerano y’ubusabe bwa Hamas yo guhagarika imirwano ku mpande zombi hagasinywa ay’amahoro ndetse…

1 year ago

This website uses cookies.