Politiki

Inteko ishinga amategeko y’Ubugereki yemeje ko abashyingiranwa bahuje ibitsina byemewe

Abashingamateka b'Abagereki batoye itegeko ryemerera gushyingiranwa kw'abahuje ibitsina, bavuga ko Ubugereki ari cyo gihugu cya mbere cy'Abakristo ba orotodogisi babikoze.…

8 months ago

Perezida Kagame yitabiriye inama ya 37 y’abakuru b’ibihugu naza Guverinoma.

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yamaze kugera Addis Ababa muri Ethiopia aho yitabiriye inama isanzwe ya 37 y’Abakuru b’Ibihugu na…

8 months ago

Ghana: Perezida Akufo-Addo yavuguruye guverinoma, yirukana minisitiri w’imari

Ibiro bya Perezida Nana Akufo-Addo byatangaje ku wa gatatu ko Ofori-Atta izasimburwa na Mohammed Amin Adam, usanzwe ari minisitiri w’igihugu…

8 months ago

Amadou Diaby perezida wa AS VCLUB ahanze amaso kuri Héritier Luvumbu

Perezida AMADOU DIABY w'ikipe ya AS VCLUB yahuye na HERITIER LUVUMBU i Kinshasa, ku wa gatatu tariki ya 14 Gashyantare…

8 months ago

Igiciro cy’urugendo ku bantu batega imodoka rusange kigiye kwiyongera

Minisitiri w’Ibikorwa Remezo, Dr Jimmy Gasore, avuga ko nkunganire ku ngendo yari yashyizweho mu bihe bya Covid-19 guhera mu Ukwakira…

8 months ago

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ububiligi arasaba DR Congo guhagarika umubano na FDLR

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ububiligi, Hadja Lahbib, yahamagariye guverinoma ya Kongo guhagarika umubano na FDLR, umutwe w’ingabo z’umuryango w’abibumbye wemejwe na…

8 months ago

Biden yayobotse inzira ya TikTok mu kwiyamamaza kwe, nubwo Amerika itizeye umutekano waho.

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Joe Biden yifashishije urubuga nkoranyambaga rwa TikTok mu bikorwa byo kwiyamamariza indi manda…

8 months ago

“Amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi ni amasomo akomeye ku batuye Isi” Perezida Kagame

Perezida Kagame yagaragaje ko amakimbirane n’intambara ziri hirya no hino ku Isi bitakabaye bibaho ku muntu wamenye iby’amateka ya Jenocide…

8 months ago

“Ingabo z’U Burusiya nta Internet twigeze tuzigurisha ku rugamba” Elon Musk.

Elon Musk, Umunyemari ukomeye ku Isi yatangaje icyizere Igisirikare cy’U Burusiya cyari gifite cyo kubona internet yo kwifashisha ku rugamba…

8 months ago

Perezida Paul Kagame yasubije ikibazo yabajijwe, Niba koko ari mu bakandida bujuje ibisabwa.

Perezida Kagame yavuze ko mu gihe cy’amatora, abaturage ari bo bemeza niba umukandida ari we wujuje ibikenewe ku cyo bamutorera,…

8 months ago

This website uses cookies.