Mu mahanga.

Félix Antoine Tshisekedi akomeje kunangira umutima ku ngingo yo guhuza no kuganira na M23.

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yongeye kwanga ibijyanye no guhuza no kujya mu biganiro n’umutwe wa M23 nkuko…

1 year ago

Ramaphosa avuga ko azashyira umukono ku mushinga w’itegeko ry’ubwishingizi bw’ubuzima mu gihugu

Perezida wa Afurika y'Epfo, Cyril Ramaphosa, avuga ko ari ingenzi kugira ngo ashyire umukono ku mushinga w'itegeko ry'ubwishingizi bw'indwara mu…

1 year ago

Trump yaciwe miliyoni 370 z’ amadorari mu rubanza rw’uburiganya rwabereye i New York.

Ejo hazaza h’ubucuruzi bw’umuryango wa Donald Trump hashobora kwemezwa ku wa gatanu ubwo biteganijwe ko umucamanza wa New York azatanga…

1 year ago

Perezida Kagame yitabiriye inama ya 37 y’abakuru b’ibihugu naza Guverinoma.

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yamaze kugera Addis Ababa muri Ethiopia aho yitabiriye inama isanzwe ya 37 y’Abakuru b’Ibihugu na…

1 year ago

Ghana: Perezida Akufo-Addo yavuguruye guverinoma, yirukana minisitiri w’imari

Ibiro bya Perezida Nana Akufo-Addo byatangaje ku wa gatatu ko Ofori-Atta izasimburwa na Mohammed Amin Adam, usanzwe ari minisitiri w’igihugu…

1 year ago

The Ben, Sheebah Karungi n’abandi batanze “St Valentin” muri “Comedy Store UG”. {Amafoto}

Umuhanzi mpuzamahanga w'umunyarwanda Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yaraye ataramiye abagande ku munsi w'abakundanye "St Valentin" nk'umuhanzi mukuru mu…

1 year ago

Umugabo washakishwaga muri Massachusetts kubera ubwicanyi yongeye gufatwa muri Kenya nyuma yo kumara icyumweru atorotse

Kevin Adam Kinyanjui Kangethe yaratorotse mu gihe yari ategereje koherezwa ku cyemezo cya Massachusetts avuga ko yishe umukunzi we agasiga…

1 year ago

Biden yayobotse inzira ya TikTok mu kwiyamamaza kwe, nubwo Amerika itizeye umutekano waho.

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Joe Biden yifashishije urubuga nkoranyambaga rwa TikTok mu bikorwa byo kwiyamamariza indi manda…

1 year ago

“Ingabo z’U Burusiya nta Internet twigeze tuzigurisha ku rugamba” Elon Musk.

Elon Musk, Umunyemari ukomeye ku Isi yatangaje icyizere Igisirikare cy’U Burusiya cyari gifite cyo kubona internet yo kwifashisha ku rugamba…

1 year ago

Ikipe y’igihugu ya Qatar yatwaye Igikombe cya Aziya.

Ikipe y’igihugu ya Qatar yaraye yegukanye Igikombe cya Aziya 2023, itsinze Jordan ibitego 3-1, mu mukino wa nyuma warebwe na…

1 year ago

This website uses cookies.