Mu mahanga.

Mu mboni : Saleh al-Arouri wishwe yari muntu ki? Ese ni iki gikomeye, kitezwe gukurikiraho nyuma y’urupfu rwe.

Saleh al-Arouri wahitankwe n’ingabo za Islael, yari umwe mu bantu bakomeye cyane mu nzego n’ubuyobozi bwa Hamas, umuntu ukomeye kandi…

9 months ago

ibihumbi 33,000 by’abimukira mu bwongereza bagiye koherezwa mu Rwanda.

Guverinoma y’Ubwongereza yatangaje ko yifuza cyane kohereza abimukira basaga ibihumbi 33,000 by’agateganyo bakaza kuba batuye mu Rwanda. Ibi Minisiteri y’Ubutegetsi…

9 months ago

Mu mboni : Bitangiye guhindura Isura, Umuyobozi wungirije wa Hamas, Saleh al-Arouri yiciwe i Beirut

Ibyari byitezwe ko Islael yahagarika intambara byahinyujwe ku rwego rwo hejuru, Ubwoba n’igishyika bikomeje kuba byinshi ko intambara ya hagati…

9 months ago

Wayne Rooney wari umutoza wa Birmingham City yirukanywe nyuma y’iminsi 83 gusa ayigezemo.

Wayne Rooney wari Umutoza Mukuru wa Birmingham City yo mu cyikiro cya kabiri mu gihugu cy’u Bwongereza, yirukanywe muri iyi…

9 months ago

Perezida w’u Burundi Evaliste Ndayishimiye yaciye amarenga yo kongera gufunga imipaka ibahuza n’u Rwanda.

Nyuma y'iminsi itari myinshi humvikana umwuka utari mwiza hagati y'u Burundi n'u Rwanda, Evaliste Ndayishimiye Perezida w’u Burundi, yaciye amarenga…

9 months ago

Uganda: Umugore wa Perezida Museveni, Janet Museveni yakize COVID-19 nyuma y’iminsi 7 ari mu kato.

Yoweri Kaguta Museveni Perezida wa Uganda, yatangaje ko umugore we Janet Museveni yakize COVID-19 nyuma y’iminsi isaga irindwi yarashyizwe mu…

9 months ago

Byemejwe ko Perezida Felix Tshisekedi ariwe watsinze mu matora yo muri DR Congo.

Perezida Félix Tshisekedi yatangajwe ko yatsinze amatora yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, nubwo kandi hari ababyamaganye bavuga ko…

9 months ago

Mu mboni : Ese koko intambara ya Ukraine n’UBurusiya yaba izakomeza kujya mbere muri 2024.

Urujijo rukomeje kuba rwinshi niba intambara hagati ya Ukraine ndetse n’Uburusiya mu gihe Isi yose irangariye mu birori n’ibyishimo byo…

9 months ago

Abanyakoreya yepfo bari barashimutiwe muri Nigeria bararekuwe.

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Seoul yatangaje ko Abanyakoreya yepfo babiri bashimuswe n’abitwaje imbunda muri Nigeria mu ntangiriro zuku kwezi bararekuwe…

9 months ago

Uburusiya bwatangije ikindi gitero kinini kuri Ukraine.

Ubuyobozi bw’igisirikare cya Ukraine bwavuze ko ibitero by’indege z’Uburusiya byagaragaye mu kirere cyabo kuri uyu wa gatanu tariki ya 29…

9 months ago

This website uses cookies.