Mu mahanga.

Iran : Abaturage bagera kuri 103 nibo bahitanwe n’ibisasu byaturikiye hafi y’imva ya General Qasem Soleimani.

Nk’uko ibitangazamakuru bya leta ya Irani bibitangaza ngo byibuze abantu bagera kuri 103 nibbo bemejwe ko bahitanywe n’ibisasu bibiri byaturikirijwe…

1 year ago

DR Congo: Abashaka gukura Felix Tshisekedi ku butegetsi bagaragaje ko umugambi wabo ugikomeje.

AFC ni ihuriro rivuga ko rigamije guhindura ibintu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rikaba ritanemera ko perezida Felix Tshisekedi…

1 year ago

Mu mboni : Saleh al-Arouri wishwe yari muntu ki? Ese ni iki gikomeye, kitezwe gukurikiraho nyuma y’urupfu rwe.

Saleh al-Arouri wahitankwe n’ingabo za Islael, yari umwe mu bantu bakomeye cyane mu nzego n’ubuyobozi bwa Hamas, umuntu ukomeye kandi…

1 year ago

ibihumbi 33,000 by’abimukira mu bwongereza bagiye koherezwa mu Rwanda.

Guverinoma y’Ubwongereza yatangaje ko yifuza cyane kohereza abimukira basaga ibihumbi 33,000 by’agateganyo bakaza kuba batuye mu Rwanda. Ibi Minisiteri y’Ubutegetsi…

1 year ago

Mu mboni : Bitangiye guhindura Isura, Umuyobozi wungirije wa Hamas, Saleh al-Arouri yiciwe i Beirut

Ibyari byitezwe ko Islael yahagarika intambara byahinyujwe ku rwego rwo hejuru, Ubwoba n’igishyika bikomeje kuba byinshi ko intambara ya hagati…

1 year ago

Wayne Rooney wari umutoza wa Birmingham City yirukanywe nyuma y’iminsi 83 gusa ayigezemo.

Wayne Rooney wari Umutoza Mukuru wa Birmingham City yo mu cyikiro cya kabiri mu gihugu cy’u Bwongereza, yirukanywe muri iyi…

1 year ago

Perezida w’u Burundi Evaliste Ndayishimiye yaciye amarenga yo kongera gufunga imipaka ibahuza n’u Rwanda.

Nyuma y'iminsi itari myinshi humvikana umwuka utari mwiza hagati y'u Burundi n'u Rwanda, Evaliste Ndayishimiye Perezida w’u Burundi, yaciye amarenga…

1 year ago

Uganda: Umugore wa Perezida Museveni, Janet Museveni yakize COVID-19 nyuma y’iminsi 7 ari mu kato.

Yoweri Kaguta Museveni Perezida wa Uganda, yatangaje ko umugore we Janet Museveni yakize COVID-19 nyuma y’iminsi isaga irindwi yarashyizwe mu…

1 year ago

Byemejwe ko Perezida Felix Tshisekedi ariwe watsinze mu matora yo muri DR Congo.

Perezida Félix Tshisekedi yatangajwe ko yatsinze amatora yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, nubwo kandi hari ababyamaganye bavuga ko…

1 year ago

Mu mboni : Ese koko intambara ya Ukraine n’UBurusiya yaba izakomeza kujya mbere muri 2024.

Urujijo rukomeje kuba rwinshi niba intambara hagati ya Ukraine ndetse n’Uburusiya mu gihe Isi yose irangariye mu birori n’ibyishimo byo…

1 year ago

This website uses cookies.