Mu mahanga.

Bivugwa ko ubucuruzi hagati y’Ubushinwa n’Uburusiya bwiyongereye kuva intambara muri Ukraine yatangira

Ubucuruzi hagati y’Ubushinwa n’Uburusiya mu 2023 byavuzwe ko bwiyongereye nk'uko imibare yashyizwe ahagaragara uyu munsi na Beijing, mu gihe ubucuruzi…

1 year ago

Leta ya Illinois yo muri Amerika yaciye agahigo ko kugurisha urumogi rwinshi muri 2023

Igurishwa ry'urumogi mu buryo bwo kwidagadura muri leta ya Illinois umwaka ushize ryinjije amadolari arenga miliyari 1.6, umwaka wa gatatu…

1 year ago

Aba Houthis ni bande, ese ubundi ibitero by’Amerika n’Ubwongereza kuri Yemeni byaje bite?

Iki gitero ni igisubizo gikomeye cya gisirikare ku gikorwa cy’Aba Houtis gikomeje ibikorwa byo kugaba ibitero bya drone na misile…

1 year ago

Yemen : Aba Houthis bahize kwihorera no gutanga ibihano bihambaye kuri Amerika n’Ubwongereza bagabye ibitero ku birindiro byabo.

Aba Houthis bahize ko hagomba kubaho ibihano bihambaye cyangwa kwihorera kuri Amerika n'Ubwongereza bagabye ibitero ku birindiro byabo muri Yemeni…

1 year ago

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yageze muri Leta ya Zanzibar mu ruzindiko.

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yageze mu Leta ya Zanzibar mu gihugu cya Tanzania aho yitabiriye umuhango wo…

1 year ago

Guverinoma y’U Rwanda yanenze cyane icyemezo gitunguranye cy’U Burundi, cyo kongera gufunga Imipaka.

Guverinoma y’u Rwanda ntiyishimiye nagato ko icyemezo cyafashwe kikanashyirwa mu bikorwa na Leta y’U Burundi cyo gufunga imipaka ihuza Ibihugu…

1 year ago

Itegeko ryohereza abimukira mu Rwanda rigiye gusubizwa mu nteko kugira ngo rirusheho kunozwa neza.

Umushinga w’Itegeko rishyigikira gahunda ya Guverinoma y’u Bwongereza yo kohereza abimukira mu Rwanda, rigiye gusubizwa mu Nteko Ishinga Amategeko kugira…

1 year ago

Polisi ya Nigeria iri gukurikirana Davido, nyuma y’uko Tiwa Savage amureze kumutera ubwoba no kumushyiraho ibikangisho.

Nyuma y’uko Tiwa Savage wahoze ari inshuti magara na Davido, amureze kumutera ubwoba no kumushyiraho ibikangisho, Polisi ya Nigeria ikomeje…

1 year ago

Polisi yo muri Kenya ikeka ko umugabo yatewe n’intare ubwo yari atwaye moto

NAIROBI, Kenya - Ku wa mbere, abapolisi bo muri Kenya bakuye umurambo w’umugabo ukekwaho kuba yaratewe n’intare ubwo yari atwaye…

1 year ago

Gutakaza urugi kwa Alaska Airlines Boeing 737 Max 9, byatumye hahagarikwa ingendo zisaga 200 z’indege ndetse zishobora kwiyongera.

Ingendo zakorwaga n’Indege zo mu bwoko bwa Boeing 737 Max 9 zabaye zihagaritswe by’Agateganyo nyuma yuko zikorewe ubugenzuzi bukagaragaza ko…

1 year ago

This website uses cookies.