Mu mahanga.

Perezida Ruto wo muri Kenya avuga ko azirengagiza icyemezo cy’urukiko, cyo kohereza abapolisi guhangana n’udutsiko two muri Haiti.

Perezida wa Kenya, William Ruto, avuga ko azohereza abapolisi muri Haiti mu butumwa bwo gufasha iki gihugu mu kurwanya udutsiko,…

8 months ago

Ntibisanzwe : Umugore yatse gatanya kubera umugabo we, adakunda kwiyuhagira akananuka mu kanwa.

Mu gihugu cya Turkey, haravugwa inkuru itangaje y’umugore wasabye gatanya imutandukanya n’umugore we ku mpamvu zo kudakunda kwiyuhagira ndetse akanaba…

8 months ago

Uwahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo Zuma yahagaritswe mu ishyaka rya ANC

Kongere y’igihugu cya Afurika yepfo iri ku butegetsi yahagaritse Perezida Jacob Zuma kuba umunyamuryango nyuma yo kwiyamamariza mu ishyaka ritandukanye.…

8 months ago

Afurika y’Epfo na Isiraheli bikomeje gufatana mu majosi, bipfa kutavuga rumwe ku mpfu zo muri Gaza.

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Afurika yepfo yatangaje ko ku wa gatatu, Isiraheli yirengagije icyemezo cy’urukiko rukuru rw’umuryango w’abibumbye yica abandi…

8 months ago

Ukraine yariye karungu iteguza Uburusiya umuriro igiye kuyicanaho binyuze mu gitero simusiga.

Nyuma y’igihe kitari gito ingabo z’U Burusiya zigaba ibitero bikomeye ku butaka bwa Ukraine mu byiciro birenze kimwe, Ukraine yariye…

8 months ago

Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi watangije igikorwa gishya cya gisirikare mu nyanja Itukura

Hagati muri Gashyantare, ibihugu bigize Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi bigiye gutangiza ubutumwa bw’amato mu nyanja itukura, bugamije kurinda amato ibitero…

8 months ago

Mu Bufaransa imyigaragambyo y’abahinzi yafashe indi ntera.

Ku mugabane w'Uburayi mu gihugu cy'Ubufaransa, abahinzi bakomeje kwigaragambya baharanira uburenganzira bwabo. Polisi yo muri iki gihugu, iryamiye amajanja kugira…

8 months ago

Nyuma yuko mu Buyapani hatowe Miss utarahavukiye byateje impaka ndende.

Ku mugabane wa Aziya mu gihugu cy'u Buyapani batoye ‘Miss Japon 2024’, witwa Carolina Shiino utarahavukiye, bikurikirwa impaka ndende. Nyuma…

8 months ago

Umucamanza wo mu rwego rwo hejuru mu Burayi araburira Guverinoma y’Ubwongereza kutirengagiza ibyemezo by’urukiko.

Rishi Sunak yaburiwe ko adakwiye kurenga ku itegeko ry’uburenganzira bwa muntu mu Burayi aramutse yirengagije icyemezo cy’urukiko cyihutirwa kigamije guhagarika…

8 months ago

Khan Younis: Imirwano yubuwe mu isura nshya, yaguyemo abagera kuri 12 muri Gaza.

Ikigo cy’umuryango w’abibumbye gishinzwe impunzi muri Palesitine kivuga ko byibuze abantu 12 aribo bishwe, Abandi 75 mu gitero cyagabwe i…

9 months ago

This website uses cookies.