Iyobokamana

Sobanukirwa ahantu havuye “Guterekera” na byinshi bijyanye n’uyu muhango.

Guterekera ni umwe mu mihango yerekeye Abantu bazima n’abandi Bantu bazimu. Umuntu uterekera aba agamije kugusha neza abazimu( baba abe…

10 months ago

Pasteri ukubitwa n’umugore we yavuze ko atazongera kwigisha ku rukundo rw’abashakanye.

Umupasitori ni umuyobozi ushinzwe gushyiraho icyerekezo cy'umuryango wabo w'idini. Zimwe mu nshingano z'uyu mwanya zirimo gutanga inkunga y'idini ku matorero…

10 months ago

Vestine na Dorcas n’Umujyanama wabo berekeje mu Burundi aho bafite igitaramo kuri uyu wa gatandatu. {Amafoto}

Itsinda ry’abahanzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana rya ‘Vestine na Dorcas’ bari kumwe n’umujyanama wabo akaba n’umunyamakuru, Murindahabi Irene…

10 months ago

Aho Yesu avuka ntago bazizihiza umunsi mukuru wa Noheli muri uyu mwaka.

Insengero zose zo muri Palestine zakuyeho ibirori byose bijyanye no kwizihiza Noheli muri uyu mwaka, kubera intambara ikomeje gushyamiranya Israel…

10 months ago

Uwahabwagwa amahirwe yo kuzavamo Papa ubu yamaze gukatirwa n’urukiko

Abaregwa bose uko ari icumi baregwaga ibyaha birimo gukora ubucuruzi bunyuranye n’amategeko, kunyereza umutungo, gukoresha ububasha mu nyungu bwite, iyezandonke…

10 months ago

Papa Francis yemereye za Kiliziya zose gusezeranya abahuje ibitsina nk’umugabo n’umugore.

Umuyobozi akaba n’umuyobozi wa Kiliziya Gatorika Papa Francis yatunguranye ahamya itegeko rye ryo kwemerera za Kiliziya gusezeranya abahuje ibitsina bakabana…

10 months ago

Ni iki wakora igihe waciye inyuma uwo mwashakanye ukabyarana n’undi

Bijya bibaho ko mu bashakanye umwe aca inyuma undi agasambana rimwe na rimwe akabyara umwana hanze. Hari rero ababigira ibanga…

10 months ago

Ibihumbi by’Abakristu barimo n’aba padiri bakuru bitabiriye igitaramo “Christmas Carols Concert” cya Chorale de Kigali {Amafoto}

  Kuri iki cyumweru tariki ya 17 Ukuboza 2023, muri BK Arena hahuriye imbaga y'abantu nyamwinshi baje mu gitaramo cyateguwe…

10 months ago

Umuhanzi Kitoko wari warabuze muri muzika yashyize hanze indirimbo nshya.

Umuhanzi Bibarwa Kitoko, wari mu bahanzi bakunzwe mu Rwanda ndetse no hanze kubakunda umuziki w’ikinyarwanda, yashyize hanze indirimbo yise “Uri…

10 months ago

This website uses cookies.