Iyobokamana

Byinshi wamenya kuri Pasiteri ushinjwa kugira uruhare mu iyicwa rya Perezida wa Haiti.

Amayobera aracyari yose ajyanye n'iyicwa rya perezida wa Haiti, Jovenel Moïse, yarushijeho kwiyongera ubwo abapolisi bo muri Hayiti bataga muri…

9 months ago

Tanzania : Benengango binjiye mu rusengero rufatwa nk’ahantu hatagatifu, Bakukumba amaturo agera kuri miliyoni 3.

Muri Tanzaniya haravugwa inkuru y’ibisambo byihandagaje bikinjira mu rusengero bigakukumba amaturo yose abarirwa muri Miliyoni eshatu z’Amashilingi ya Tanzaniya. Ibi…

9 months ago

Sobanukirwa intambara yabaye hagati ya Vatikani n’injangwe

Wigeze wumva cyangwa utekereza ko injangwe y'umukara itera umwaku, cyane iyo uyibonye mu gitondo? Ndatekereza ko ibi atari ubwa mbere…

9 months ago

Roberto Firmino, rutahizamu wa Al – hilal yo mu gihugu cya Saudi Arabia yamaze kwihebera Imana.

Roberto Firmino ni umukinnyi ukomeye ukina ataha izamu, akomoka muri Brazil yamenyekanye cyane mu ikipe ya Liverpool, akaba afatanya umurimo…

9 months ago

Ni gute ubundi umuvugabutumwa wo muri Nigeriya uri kuvugwa cyane ubu witwa TB Joshua yapfuye.

Umuvugabutumwa wo kuri televiziyo wo muri Nijeriya Temitope Balogun Joshua, umwe mu bavugabutumwa bo ku ma televiziyo bazwi cyane muri…

9 months ago

Kuki mu basilamu harimo ibice bihora bihanganye “aba Suni n’aba Shia” Sobanukirwa impamvu.

Amateka agaragaza ko intambara zishingiye ku myemerere, arizo ntambara zimaze guhitana abantu benshi kuruta abishwe n’intambara z’isi uko ari ebyiri.…

9 months ago

Umuhanzi nyarwanda yakoze indirimbo asingiza ubutware bwa Satani

Si ibintu bimenyerewe cyane ko umuhanzi cyangwa undi uwari wese ashobora gushyigikira ibikorwa ndetse akanishyira mu mwanya wa Satani, uzwiho…

9 months ago

Ni iyihe mpamvu ituma Abanyafrika aribo berekana kwemera Yesu kuruta ahandi hose ku isi?

Yesu Kirisitu yabayeho mu myaka 2023 ishize. Imyemerere ya Gikirisitu ni we ikomokokaho. Uyu mugabo wavukiye mu muryango w’Abayahudi, ariko…

9 months ago

Nyuma y’amagambo menshi, Vatican yashyize umucyo ku gushyingira abaryamana bahuje ibitsina.

Ibiro bya Kiliziya Gatolika bishinzwe amahame y’ukwemera, byasobanuye ko bidashyigikiye ibikorwa by’abaryamana bahuje ibitsina n’ubwo Papa Francis yasabye ko batazajya…

9 months ago

Imyaka 20 y’urukozasoni n ” ibitangaza by’impimbano ‘ i Lagos bikomeje gutera abantu urujijo.

Imbuga nkoranyambaga zikomeje gusakuza nyuma y’ibice bitatu byerekanwe ku muvugabutumwa nyakwigendera, Umuhanuzi Temitope Balogun Joshua (TB Joshua), ni amakuru acukumbuye…

9 months ago

This website uses cookies.