Iyobokamana

Guha umugisha abashakana bahuje Ibitsina: Papa ati Ibyo Afurika ivuga ni “umwihariko”

Papa Francis mu kiganiro cyasohotse ku wa mbere (29 Mutarama) yavuze ko ikibazo cy'Itorero muri Afurika "kidasanzwe", ku byerekeye imigisha…

8 months ago

Perezida Touadéra yahuye na Papa Francis kugira ngo baganire ku bufatanye na diplomasi

Mu nama ikomeye ya dipolomasi, Perezida Faustin-Archange Touadéra wo muri Repubulika ya Centrafrique yagiranye ibiganiro na Papa Francis mu ruzinduko…

8 months ago

Bitunguranye ku myaka 102 Pastor Ezra Mpyisi yitabye Imana.

Pastor Ezra Mpyisi wari wigeze kubikwa ko yitabye Imana ari ibinyoma, Yitabye Imana kuri uyu wa gatandatu tariki 27 Mutarama…

8 months ago

ADEPER yakije umuriro rwihishwa Kuri ya korali yumvikanye iririmba Hip pop.

Byabaye nkibitunguranye kumva korali yadukanya injyana itarimenyerewe mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana. Mu Minsi yashize nibwo twumvise korali…

9 months ago

Ese koko, Bahavu Jeannette uzanasohora Season ya 9 ya “Impanga Series” kuri uyu wa mbere, Yaba yinjiye mu ivugabutumwa?

Icyamamarekazi muri Cinema nyarwanda Bahavu Jeannette akomeje gutanga ihurizo ku bakunzi be, niba koko yaba yinjiye mu ivugabutumwa nk’uko bikomeje…

9 months ago

Pasiteri Paul Mackenzie ushinjwa gutegeka abayoboke be kwiyicisha inzara hagapfa abarenga 400 yagejejwe imbere y’inkiko.

Ku wa gatatu, umuyobozi w'idini rya Doomsday, Paul Mackenzie na 30 mu bayoboke be bashyikirijwe urukiko rwo muri Kenya mu…

9 months ago

Pharrell Williams yamuritse imyambaro izifashishwa n’abagabo mw’itumba rya 2024. {AMAFOTO}

Pharrell Williams uhanga imyambaro yo muri (Louis Vuitton), yamuritse imyambaro izifashishwa n’abagabo mu itumba rya 2024. Iyi myambaro mishya akaba…

9 months ago

Pasiteri washinze Amazing Grace Radio, wirukanywe mu Rwanda Ubu Akorera muri Uganda

Gregg Schoof, umushumba w'ivugabutumwa utavugwaho rumwe yirukanywe mu Rwanda umwaka ushize, ubu atuye kandi akorera muri Uganda. Gregg Schoof ni…

9 months ago

Mu ndirimbo ye nshya, Meddy yavuye ku bwiza bw’Imana ndetse n’ibitangaza yamukoreye.

Umuhanzi Meddy yatakambiye Imana ye mu ndirimbo ye nshya yise “Niyo Ndirimbo” afatanije na Adrien Misigaro, Indirimbo yavuzemo ubwiza butangaje…

9 months ago

Nyuma y’umwaka adasohora Indirimbo, Meddy yateguje abakunzi be indirimbo nshya.

NGABO Medard wamamaye cyane mu muziki wo mu Rwanda nka Meddy, kuva mu myaka yaza 2008, Yongeye guteguza abakunzi be…

9 months ago

This website uses cookies.