Imyidagaduro

Ihere ijisho uburanga n’imiterere bya Keza Nabrizza wasajije Niyo Bosco mu rukundo. +[AMAFOTO]

Muri iyi minsi ku mbuga nkoranyambaga, Umuhanzi Niyo Bosco yagiye agaragaza ibyiyumviro bidasanzwe afitiye umukobwa witwa Keza Nabrizza, aho yanashyize…

9 months ago

Menya iby’amashusho ya Keza Nabrizza uri murukundo na Niyo Bosco, yateje impagarara.

Umuhanzi Niyo Bosco yahatiwe gusiba amashusho yasangije abamukurikira ku rubuga rwa Instagram, amugaragaza ari gusangira n'umukobwa bakundana. Uyu mukobwa witwa…

9 months ago

Platini P yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya yise “Jirewu”. +{Video}

Nemeye Platini wamamaya nka Platini P muri muzika Nyarwanda, yamaze gushyira hanze amashusho y'indirimbo yise "Jirewu", iri kuri EP ye…

9 months ago

Ally Soudy yateguye ibirori bizaherekeza Rwanda Day I Washington.

Umunyamakuru akaba n’umushyushyarugamba, Ally Soudy yatangaje ko amaze igihe ashinze kompanyi yise (Salax Entertainment) yanyujijemo gutegura ibirori bya (Rwanda Day…

9 months ago

Mu ndirimbo ye nshya, Meddy yavuye ku bwiza bw’Imana ndetse n’ibitangaza yamukoreye.

Umuhanzi Meddy yatakambiye Imana ye mu ndirimbo ye nshya yise “Niyo Ndirimbo” afatanije na Adrien Misigaro, Indirimbo yavuzemo ubwiza butangaje…

9 months ago

Umuhanzi Uncle Austin yatangaje ko ibibazo bye na Shaddyboo byakemutse batakiyambaje inkiko.

Umuhanzi akaba n’umunyamakuru Uncle Austin, yavuze ko nyuma yo kuganira na Shaddyboo, ibibazo bari bafitanye byarangiye ku buryo batakigiye mu…

9 months ago

M Irene yasubije abanyamakuru b’i Burundi bamwishyizemo.

Umunyamakuru akaba n'umujyanama w'abahanzi, Irene Murindahabi, yasubije abanyamakuru b’i Burundi biganjemo abakoresha umuyoboro wa YouTube bamwijunditse, bavuga ko yabahemukiye nyuma…

9 months ago

Nyuma y’umwaka adasohora Indirimbo, Meddy yateguje abakunzi be indirimbo nshya.

NGABO Medard wamamaye cyane mu muziki wo mu Rwanda nka Meddy, kuva mu myaka yaza 2008, Yongeye guteguza abakunzi be…

9 months ago

Leta ya Illinois yo muri Amerika yaciye agahigo ko kugurisha urumogi rwinshi muri 2023

Igurishwa ry'urumogi mu buryo bwo kwidagadura muri leta ya Illinois umwaka ushize ryinjije amadolari arenga miliyari 1.6, umwaka wa gatatu…

9 months ago

Kenny Sol yasubije abibaza niba azajya gutura muri Canada koko.

Rusanganwa Norbert, umuhanzi Nyarwanda wamamaye kw'izina rya Kenny Sol, yamaze impungenge abakunzi be ndetse n'abandi bakomeje kw'ibaza niba we n'umugore…

9 months ago

This website uses cookies.