Imyidagaduro

Ibya Chriss Easzy na Miss Pascaline Umuhoza byafashe indi ntera.

Umuhanzi Chriss Eazy yaruciye ararumira ubwo yabazwaga iby’urukundo rwe na Miss Umuhoza Pascaline, rumaze igihe rugarukwaho ku mbuga nkoranyambaga. Iyi…

8 months ago

Umukinnyi wa filime Mutoni Assia yongerewe mu bazatarama mu birori bya “Rwanda Day After Party”.

Umukinnyi, akaba n'umuyobozi wa filime Nyarwanda Mutoni Assia yongerewe mu bazatarama mu birori bya “Rwanda Day After Party” bizaherekeza Rwanda…

8 months ago

Bitunguranye ku myaka 102 Pastor Ezra Mpyisi yitabye Imana.

Pastor Ezra Mpyisi wari wigeze kubikwa ko yitabye Imana ari ibinyoma, Yitabye Imana kuri uyu wa gatandatu tariki 27 Mutarama…

8 months ago

Umuhanzi Okkam aritegura gushyira hanze EP yise “AHWII”.

Umuhanzi Okkama, agiye gusohora EP (Extended Play) y’indirimbo eshanu yakoze mu mwaka wa 2023, umwaka ahamya ko wamubereye indyankurye n'ubwo…

8 months ago

Abana ba Mr Ibu batawe muri yombi bazira gushaka kumuriganya ngo bamurye amafaranga ye.

Abapolisi bo mu gace ka Ikoyi, muri Leta ya Lagos bataye muri yombi abana b'umukinnyi wa filime, John Okafor uzwi…

8 months ago

Umuhanzi Kamichi yongerewe mu bazatarama mu birori bya “Rwanda Day After Party”.

Umuhanzi Kamichi yongerewe mu bazatarama mu birori bya “Rwanda Day After Party” bizaherekeza Rwanda Day, bikazabera i Washington. Ibi birori…

9 months ago

Nyuma y’igihe kinini, Green P yirekuye avuga kuri Jay Polly witabye Imana no kuri Ise umubyara.

Umuraperi Green P wamamaye cyane mu itsinda rya Tuff Gangs ryakanyujijeho mu myaka ya za 2008 kuzamura mu njyana ya…

9 months ago

Bruce Melodie yavuze uko King James yatumye afata umwanzuro wo gushora imari mu bitari umuziki.

Itahiwavu Bruce, wamamaya nka Bruce Melodie muri muzika, yavuze ko ibiganiro yagiranye na King James ubwo bahuriraga muri Rwanda Day…

9 months ago

Ese koko, Bahavu Jeannette uzanasohora Season ya 9 ya “Impanga Series” kuri uyu wa mbere, Yaba yinjiye mu ivugabutumwa?

Icyamamarekazi muri Cinema nyarwanda Bahavu Jeannette akomeje gutanga ihurizo ku bakunzi be, niba koko yaba yinjiye mu ivugabutumwa nk’uko bikomeje…

9 months ago

Marina yigaramye iby’Urukundo ruvugwa hagati ye na Yvan Muziki.

Umuhanzikazi Marina Deborah, ygahakanye amakuru y’urukundo ruvugwa hagati ye n’umuhanzi mugenzi we witwa Yvan Muziki ndetse atangaza ko nta mukunzi…

9 months ago

This website uses cookies.