Imyidagaduro

Abibazaga byinshi kuri Kaberuka na Maritha bavugwa mu ndirimbo y’Impala bagiye gusubizwa.

Abakunzi ba muzika yo hambere bateguriwe igitaramo kizagaruka ku nkuru ivugwa mu ndirimbo ya Orchestre Impala cyiswe ‘Kaberuka na Marita…

8 months ago

Umukinnyi wa filime Nyarwanda Killaman yasezeranye imbere y’amategeko n’Umuhoza Shemsa.

Niyonshuti Yannick wamamaye nka Killaman muri sinema, yasezeranye imbere y'amategeko mu murenge wa Nyarugenge, n' Umuhoza Shemsa bari bamaranye imyaka…

8 months ago

Umuhanzi Prosper Nkomezi yateguje igitaramo cy’amateka azamurikamo album ze ebyiri.

Prosper Nkomezi, Umuhanzi w'indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, yateguje igitaramo gikomeye yise ‘Nzakingura Live Concert’ azamurikiramo Album ebyiri, iyitwa…

8 months ago

Platin P agiye gukora igitaramo cy’amateka gishimangira uburambe amaze mu muziki.

Nemeye Platin wamamaye nka Platin P Baba nyuma yo gutangira umuziki ku giti cye "Solo Career" avuye mu itsinda ry'ibigwi…

8 months ago

Ishami rya Trace rikorera mu Rwanda ryahawe umuyobozi mushya.

Ikigo Trace Group cyashinzwe mu 2003, gifite televiziyo zikomeye ku ruhando mpuzamahanga zizwiho guteza imbere umuziki zirimo Trace Africa, Trace…

8 months ago

Urwishe ya Mpfizi ruracyayirimo, Uwase bamuvumiye ku gahera nyuma yo kubisubira ubugira kabiri.

Umukobwa witwa Uwase uherutse kugaragara mu Itangazamakuru asaba imbabazi ndetse arira cyane kubera ibikorwa yari amazemo Iminsi akoraz, Yongeye kugaragara…

8 months ago

Perezida wa Afurika y’Epfo, Ramaphosa, yishimiye intsinzi ya Tyla wegukanye Grammy

Perezida wa Afurika y'Epfo, Cyril Ramaphosa, yashimye umuririmbyi Tyla kuba yaratsindiye Grammys ku nshuro ye ya mbere mu bitaramo byiza…

8 months ago

Nigeria yizihije umwaka mushya w’Ubushinwa.

Ku cyumweru, imbaga y'abantu yateraniye mu mujyi wa Lagos wo muri Nijeriya mu rwego rwo kwizihiza hakiri kare umwaka mushya.…

8 months ago

Bahavu Jeannette yanenze, Anatanga gasopo ku bahora bamubaza kubyo yisiga mu maso.

Muri iyi isi ntawe ushimisha Bose ndetse ntacyo wakora ngo abantu banyurwe nukuri ikiza nugukora wowe ibikunyura. Umukinnyi akaba n'umwanditsi…

8 months ago

TUFF GANGS NIGHT : Anyuzamo akabaganiriza, Green P yahaye ibyishimo abo kuri gakondo. {Amafoto}

Umuraperi Green P wari ukumbuwe na benshi mu bakunzi be n’abinjyana ya Hip Hop muri rusange yaraye yongeye kwerekana ko…

8 months ago

This website uses cookies.