Imyidagaduro

Inganda zenga ibinyobwa n’izindi sosiyete zitandukanye zizakorana na “Tour du Rwanda” zahize kuzakora ibishoboka kugirango rizabe umwihariko.

Mu gihe hasigaye amasaha abarirwa ku ntoki ngo irushanwa ryo gusiganwa ku magare mu Rwanda “Tour du Rwanda” ritangire ni…

8 months ago

Ubugira gacye abikora, Yagaragaye yambaye gikobwa byuzuye, Udushya turi mu ndirimbo nshya ya Ariel Wayz.

Umuhanzikazi UWAYEZU Ariel wamamaye cyane nka Ariel Wayz yasohoye indirimbo nshya igaragaramo we mushya uri mu ishusho yuzuye ya gikobwa…

8 months ago

Ibyo ushobora kuba utazi kuri Bob Marley, Inyenyeri ya J-Reggae wakorewe Film yatwaye akayabo ka Miliyari 70Frw.

Umuhanzi wabayeho mu mateka y’injyana ya Reggae Bob Marley yakorewe Film ijyanye n’ibigwi bye ndetse n’urugendo rwe rwa muzika muri…

8 months ago

The Ben, Sheebah Karungi n’abandi batanze “St Valentin” muri “Comedy Store UG”. {Amafoto}

Umuhanzi mpuzamahanga w'umunyarwanda Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yaraye ataramiye abagande ku munsi w'abakundanye "St Valentin" nk'umuhanzi mukuru mu…

8 months ago

Abakinnyi basaga 100 barimo ikirangirire Chris Froome, Nibo bamaze gutangazwa ko bazakina Tour du Rwanda.

Mu gihe hasigaye iminsi ibarirwa ku ntoki kugirango irushanwa ryo gusiganwa ku magare Tour du Rwanda ritangire, Ni nako abakinnyi…

8 months ago

Tour du Rwanda yahumuye, Abahanzi bazatarama bamenyekanye.

Mu gihe hasigaye iminsi ibarirwa ku ntoki kugirango irushanwa ryo gusiganwa ku magare Tour du Rwanda ritangire, Ni nako abahanzi…

8 months ago

“Rwanda Gospel Stars Live Season 2” igarutse mu isura nshya yo kuzamura impano nshya muri Gospel.

Nyuma yo kuyivugurura “Rwanda Gospel Stars Live 2024 “ nk’irushanwa rigomba guteza imbere umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana ryari…

8 months ago

Davis D yatangaje izina rya album ye yitegura gushyira hanze, avuga nuko yamenyanye na Melissa.

Icyishaka David wamamaye nka Davis D mu muziki, yatangaje bwa mbere izina rya album ye yitegura gushyira hanze avuga ko…

8 months ago

Bruce Melodie yikomye Green P, nyuma yuko avuze ko imiziki nyarwanda ari ubudage.

Mu minsi ishize nibwo umuraperi Green P yakoreye ikiganiro ku muyoboro wa Youtube wa RadioTv10, avuga ko adakunze kumva imiziki…

8 months ago

Bruce Melodie yongeye kwibasira The Ben.

Umuhamzi Bruce Melodie yongeye gukora mujisho The Ben, atangaza ko yemeranya n’abavuga ko ari kubyina avamo mu ruhando rwa muzika.…

8 months ago

This website uses cookies.