Imyidagaduro

Nyuma y’amagambo y’akababaro k’abakunda Hip-Hop, Igitaramo cya Kendrick Lamar kigiye kuba nta muraperi nyarwanda urimo.

Hari hashize iminsi myinshi abantu binubira abateguye igitaramo cya Move Afrika, kirimo icyamamare mpuzamahanga Kendrick Lamar ukora injyana ya Hip-Hop…

10 months ago

Burna Boy yamaze guhigika Diamond Platnmuz ku gahigo ko kurebwa cyane kuri Youtube.

Umuhanzi w’igihangange muri Nigeria ndetse no muri Afurika muri rusange Burna Boy ukunze kwiyita “The Giant of Africa” yongeye kwandika…

10 months ago

Umukobwa w’umwongereza niwe ufite agahigo ko kugira ibishushanyo ku mubiri by’umuraperi Eminem.

Yitwa Nikki Paterson akomoka mu gihugu cy’Ubwongereza akaba umufana ukomeye w’umuraperi Eminem. Ni kenshi abafana bakunze kugaragaza urukundo bakunda ibyamamare…

10 months ago

Racine yishimiye impano y’umuhanzi uri muri Art Rwanda Ubuhanzi ufite ubumuga.

Muri iyi minsi hari kuba amajonjora y’abazitabira n’abazatsindira Art Rwanda Ubuhanzi. Iri rushanwa ritegurwa na Imbuto Foundation ku bufatanye n’abafatanyabikorwa…

10 months ago

Mu birori binogeye ijisho Umuhanzi akanaba utunganya amashusho {Video Editor}, Christian Mugwaneza yasabye anakwa umukunzi we Taussi {Amafoto}

Umuhanzi, Umunyamakuru ndetse akanaba umuyobozi w’amashusho, {Video Director and Editor} Christian Mugwaneza yasabye anakwa umukunzi we BIZIMANA Taussi bamaranye igihe…

10 months ago

Abanyarwanda baribaza icyo Zari azaba aje gukora mu Rwanda mu gitaramo kirimo itike ya miliyoni n’igice.

Ni igitaramo nkuko bigaragara ngo cyateguwe na The Wave Lounge y’ i Kigali, aho ngo kizaba tmu mpera z’uyu mwaka…

10 months ago

Nyuma yo kumara igihe akumbuwe Icenova yarekuye album ari kumwe na Dr Nganji.

Icenova ni umwe mubaraperi bakunzwe n’abatari bacye mu muziki, Yatangiriye ibikorwa bye muri Green Ferry Music ari nayo yamenyekaniyemo ubwo…

10 months ago

Abanyarwanda bishimiye ishema Bruce Melody yabahaye.

Ubu Bruce Melody ari muri Leta Zunze ubumwe za Amerika aho yitabiriye ibitaramo byateguwe na iHeart Radio, kimwe mu bintu…

10 months ago

Abanyarwanda cyane abakunzi ba Hip-Hop barintubira imitegurire mibi ya “Move Afrika” izazana Kendrick Lamar i Rwanda.

Mu minsi ishize ku mbuga za internet zitandukanye zikoreshwa n’abanyarwanda bakunda umuziki nyarwanda by’umwihariko abakunzi ba Hip-Hop, aho bantenga cyane…

10 months ago

Umuhanzi Kitoko wari warabuze muri muzika yashyize hanze indirimbo nshya.

Umuhanzi Bibarwa Kitoko, wari mu bahanzi bakunzwe mu Rwanda ndetse no hanze kubakunda umuziki w’ikinyarwanda, yashyize hanze indirimbo yise “Uri…

10 months ago

This website uses cookies.