Imyidagaduro

UWIDUHAYE Theos wa Igihe.com yakoze ku marangamutima ya Shaddy Boo, maze nawe amukorera mu nganzo.

Icyamamarekazi MBABAZI Chadia wamamaye nka Shaddy Boo mu myidagaduro yo mu Rwanda byumwihariko ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye yongeye kwivuga imyato…

10 months ago

Umuhanzikazi Bwiza, Muyoboke Alex n’abandi bari mu begukanye ibihembo bya Karisimbi Entertainment Award 2023.

Ibyamamare bitandukanye bibariza mu ruganda rw’imyidagaduro mu Rwanda byegukanye ibihembo bya ‘Karisimbi Entertainment Awards 2023’. Ni mu birori byabaye kuri…

10 months ago

Bruce Melodie akomeje kuzamura Ibendera ry’U Rwanda mu mahanga.

Umuhanzi Bruce Melodie uzwi nka Bruce Melodie akomeje kwigarurira imitima y’abanyamahanga nkuko yabikoze mu karere ka Afurika y’uburasirazuba ndetse no…

10 months ago

Ibintu wakora bikagufasha kugira ijwi ryiza riryoheye amatwi yaburi wese.

Abantu benshi cyane cyane urubyiruko usanga bakunda umuziki kurwego rwohejuru ,kuburyo umubwiye uti niki mubuzima wumva ukunda akubwira atanatekereje ati…

10 months ago

Mu mashusho meza arimo Umugore we, The Ben yongeye gukora mu Nganzo aha abakunze be impano yise “Ni Forever”.

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben mu muziki nyarwanda abaye umwe mu bahanzi bahiriwe cyane n'impera z'umwaka wa 2023…

10 months ago

Dore ibyiza utari uzi byo kumva umuziki.

Umuziki ni uruvangitirane rw’amajwi yiganjemo ibicurangisho, ingoma ndetse n’umudiho, umuziki kandi ni kimwe mu bintu ushobora gumva ahantu hatandukanye, aho…

10 months ago

Dore indirimbo 5 z’abahanzi ny’Afrika zimaze kurebwa cyane ku rubuga rwa youtube kuva 2015 kugeza ubu muri 2023.

Umuziki ni uruvangitirane rw’amajwi yiganjemo ibicurangisho, ingoma ndetse n’umudiho, umuziki kandi ni kimwe mu bintu ushobora gumva ahantu hatandukanye, aho…

10 months ago

Dore urutonde rw’abahanzikazi bo muri Afrika bakurikirwa cyane ku rubuga rwa Youtube.

Umuziki w’Afrika ukomeje gutera imbere mu buryo butangaje ugereranije n’imyaka yatambutse, aho byari bigoye ko wabona cyangwa ukumva umuhanzikazi ukorera…

10 months ago

Ariel Wayz yahesheje ishema injyana ya Hip-Hop mu gitaramo cya Move Afrika.

Hashize iminsi abantu bamwe na bamwe cyane cyane abakunda injyana ya Hip-Hop bintubira cyane imitegurire y’igitaramo cyaraye kibereye i Kigali…

10 months ago

Ni irihe somo Kendrick Lamar asigiye imyidagaduro n’abahanzi nyarwanda.

Kendrick Lamar ari i Kigali nkuko twagiye tubigarukaho kenshi mu nkuru zacu zatambutse, Mu ijoro ryo kuwa Gatatu tariki 6…

10 months ago

This website uses cookies.