Imyidagaduro

Umuhanzi Kenny Sol yasezeranye imbere y’Amategeko na Kunda Alliance Yvette {Amafoto}

Mu ibanga rikomeye cyane, Umuhanzi Kenny Sol yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi  we bitegura kurushinga Kunda Alliance Yvette kuri uyu wa…

9 months ago

Tonzi wakunzwe cyane mu ndirimbo “Humura” Yasogongeje abanyamakuru umuzingo wa Alubumu ye ya 9, yitegura kumurika.

Tonzi yasogongeje abanyamakuru umuzingo wa Alubumu ye ya 9 yitegura kumurika mu minsi iri imbere, Iyi alubumu inahuriweho n’abahanzi bagera…

9 months ago

Uwase Muyango na Kimenyi Yves basezeranye imbere y’Amategeko Mu Mujyi wa Kigali {Amafoto}

Miss Uwase Muyango Claudine wahize abandi muri 2019 mu cyiciro cy'ikamba rya Miss Photogenic mu irushanwa rya Miss Rwanda, Yasezeranye…

9 months ago

Selana Gomez yahishuye ko ashobora kuba agiye gusimbuza umuziki gukina filime.

Selena Gomez yagaragaje ko yaba agiye guhagarika ibijyanye na muzika yakoraga akaba yakomereza mu mwuga wo gukina Firime ndetse ko…

9 months ago

Miss Naomie NISHIMWE yatangiye umwaka yambikwa impeta. {Amafoto}

Miss Nishimwe Naomie yatangiye umwaka mu mavuta y’urukundo rurambye ruganisha kukubana nyuma y’igihe we n’umukunzi we bakundana mu ibanga rikomeye.…

9 months ago

Mu bice bitandukanye by’umujyi wa Kigali harashwe ibishashi by’umwaka mushya wa 2024.

Mu bice bitandukanye by'umujyi wa Kigali harashwe ibishashi by’umwaka mushya wa 2024, abaturage benshi bari batararyama bategereje ko haraswa ibishashi…

9 months ago

“Amateka yacu ntatwemerera gusubira inyuma” Perezida Kagame mu birori byo gusoza umwaka wa 2023.

Umukuru w'Igihugu cy'U Rwanda Perezida Paul KAGAME na Madamu Jeannette KAGAME bifatanije n'izindi nzego z'ubuyobozi zivuye hirya no hino mu…

9 months ago

The Ben n’umugore we batunguranye mu gitaramo cyo gusoza umwaka kitabiriwe na HE.Paul Kagame na Madamu we.

Mw'ijoro ryakeye nibwo muri Kigali Convention Center habereye igitaramo kitabiriwe n'abantu batandukanye, umushyitsi mukuri yari HE.Paul Kagame ndetse na Madamu…

9 months ago

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bifatanije n’izindi nzego z’ubuyobozi mu bindi bihugu n’abahanzi mu kwizihiza umwaka mushya wa 2024. {Amafoto}

Umukuru w'Igihugu cy'U Rwanda Perezida Paul KAGAME na Madamu Jeannette KAGAME bifatanije n'izindi nzego z'ubuyobozi zivuye hirya no hino mu…

9 months ago

Umuhanzi Platini P yatangaje ikintu akomeje kwicuza mu gihe amaze mu muziki.

Umuhanzi Nemeye Platini wamamaye nka Platin P, umaze igihe kitari gito aririmba ndetse akaba yaratangiye aririmba mwitsinda ryitwaga Dream boys,…

9 months ago

This website uses cookies.