Amateka

“Ibanga ryacu nk’ Abanyarwanda ni ugufatanya, Ntiwakora byose wenyine, ugomba gukorana n’abandi” Perezida Paul Kagame.

Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rukora ibishoboka bihereye mu gukemura ibibazo by’imbere mu gihugu. Ati: “Dukora ibyo dushoboye,…

3 months ago

Kibuka30 : I Musanze bihanangirijwe kurema amatsinda asenya ubumwe bw’Abanyarwanda.

Abaturage bo mu Karere ka Musanze bibukijwe ko Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 atari umwanya…

3 months ago

Kwibuka30 : Ubuhamya buteye agahinda bwa Kayitesi Annick Jozan wiciwe umubyeyi agategekwa gukoropa amaraso ye.

KAYITESI Annick Jozan umwe mu barokotse Jenoside yakorewe yavutse ubuhamya bwe buteye agahinda nyuma yo kwicirwa umubyeyi mu gihe cya…

3 months ago

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bacanye urumuri rw’icyizere, mu gutangiza icyumweru cyo Kwibuka30.

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, itariki 7 Mata 2024, ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi hatangirijwe…

3 months ago

RIB yaburiye abanyarwanda kwigengesera ku magambo bakoresha, mu bihe byo kwibuka.

Mu gihe habura iminsi igera kuri ibiri gusa kugirango Abanyarwanda bose binjire mu cyumweu cyo kwibuka no kunabira inzirakarengane zazize…

3 months ago

KWIBUKA30 : Bill Clinton mu ntumwa zatoranijwe na Perezida Biden kuzamuhagararira mu kwibuka.

Mu gihe habura iminsi micye kugirango Abanyarwanda binjire mu cyumweru cyo kunamira no kwibuka inzirakarengane za Jenoside yakorewe Abatutsi mu…

3 months ago

Ese Diomaye Faye wabaye perezida wa Senegal ni muntu ki?

Bassirou Diomaye Faye yavutse ku ya 25 Werurwe 1980 ni umunyapolitiki wo muri Senegal kandi wahoze ari umugenzuzi w’imisoro akaba…

3 months ago

Col Stella Uwineza yavuze ku byatumye yinjira muri RDF

Yambaye imyenda ya gisirikare, Col Stella Uwineza yumva inzozi ze zarabaye impamo: gukorera igihugu cye binyuze mu gisirikare. Uwineza ni…

4 months ago

Bwa bwato baroshywe mu Kiyaga cya Kivu mu ntambara ya mbere y’Isi bwabonetse.

Nyuma gutangaza inkuru ivuga ko hari igikorwa cyo gushakisha ubwato bwaroshywe mu Kiyaga cya Kivu, mu Ntambara ya mbere y’Isi…

4 months ago

GSB Kiloz yacyebuye urubyiruko rusigaye rwitiranya ibigezweho no guhemukira abantu, Mu ndirimbo ye nshya.

Umuhanzi wa Rap Iraguha Lando Fils uzwi cyane nka GSB Kiloz wumvikana cyane muri Old School, Yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya…

5 months ago

This website uses cookies.