Kwibuka

Amarushanwa yo kwibuka abazize Jenoside yashyizwe muri kamena uyu mwaka.

Ishyirahamwe ry’Umukino w'amaboko, Volleyball mu Rwanda (FRVB) ryatangaje ko irushanwa ryo kwibuka ku nshuro ya 30 abazize Jenoside yakorewe Abatutsi…

3 months ago

Kicukiro mu murenge wa Gahanga habaye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 30.

Mu mujyi wa Kigali, akarere ka Kicukiro, mu Murenge wa Gahanga, ejo tariki 10 mata 2024, habereye igikorwa cyo Kwibuka…

3 months ago

Ubutumwa Kiliziya Gatolika yageneye Abanyarwanda muri iki gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 30.

Musenyeri wa Diyoseze ya Nyundo yatambukije ubutumwa kiliziya Gatulika yageneye Abanyarwanda muri iki gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 30…

3 months ago

“Ibanga ryacu nk’ Abanyarwanda ni ugufatanya, Ntiwakora byose wenyine, ugomba gukorana n’abandi” Perezida Paul Kagame.

Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rukora ibishoboka bihereye mu gukemura ibibazo by’imbere mu gihugu. Ati: “Dukora ibyo dushoboye,…

3 months ago

Rayon Sports yabimburiye andi makipe kwibuka. {Amafoto}

Mu gihe Abanyarwanda bibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ku wa kabiri tariki ya 9 Mata…

3 months ago

Kibuka30 : I Musanze bihanangirijwe kurema amatsinda asenya ubumwe bw’Abanyarwanda.

Abaturage bo mu Karere ka Musanze bibukijwe ko Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 atari umwanya…

3 months ago

Ikipe ya Bayern Munich yifatanyije n’Abanyarwanda kwibuka kuncuro ya 30.

Ejo hashize ku cyumweru tariki 07 Mata 2024, mu Rwanda hatangiye ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe…

3 months ago

Kwibuka30 : Ubuhamya buteye agahinda bwa Kayitesi Annick Jozan wiciwe umubyeyi agategekwa gukoropa amaraso ye.

KAYITESI Annick Jozan umwe mu barokotse Jenoside yakorewe yavutse ubuhamya bwe buteye agahinda nyuma yo kwicirwa umubyeyi mu gihe cya…

3 months ago

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bacanye urumuri rw’icyizere, mu gutangiza icyumweru cyo Kwibuka30.

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, itariki 7 Mata 2024, ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi hatangirijwe…

3 months ago

Kwibuka30: Imihango yo kwibuka ku nshuro ya 30 yatangirijwe ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali {Amafoto}

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, itariki 7 Mata 2024, ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi hatangirijwe…

3 months ago

This website uses cookies.