Amakuru

KNC yishongoye kuri Rayon Sports aherutse gutsinda, guhindura umutoza ni nko guhindura icupa inzoga ari yayindi.

Kakooza Nkuliza Charles wamamaye nka (KNC), Perezida wa Gasogi United yishongoye kuri Rayon Sports aherutse gutsinda anayirusha cyane mu kibuga.…

1 year ago

Umuyobozi wa APR FC yavuguruje umutoza wayo kubyo aherutse gutangaza.

Col Richard Karasira, umuyobozi wa APR FC yavuguruje ibyo umutoza w’abanyezamu b’iyi kipe aheruka gutangaza, avuga ko batazasubira muri Mapinduzi…

1 year ago

Hamenyekanye abatoza babiri bahabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports.

Nyuma y’uko uwari umutoza mukuru wa Rayon Sports, Mohamed Wade yirukanwe, biravugwa ko Minnaert Ivan na Ndayizeye Jimmy ari bo…

1 year ago

Dore ibihugu bifite amategeko akakaye, Aho kwambara ibara ry’umuhondo no kwizihiza St Valantin ari icyaha.

Isi yuzuyemo amategeko menshi afasha abayituye kubaho neza no kwirinda ibyahungabanya umutekano n’umudendezo w’abandi cyangwa se ibidukikije. Hari ibihugu bimwe…

1 year ago

Umugabo n’umugore we baguze umunara wo mu Butaliyani umaze imyaka 400. Dore uko byagenze.

Umugabo n’Umugore bo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, bitwa Aileen na Tom Winter baciye agahigo ko kugura umunara wubashywe…

1 year ago

Nyuma y’umwaka adasohora Indirimbo, Meddy yateguje abakunzi be indirimbo nshya.

NGABO Medard wamamaye cyane mu muziki wo mu Rwanda nka Meddy, kuva mu myaka yaza 2008, Yongeye guteguza abakunzi be…

1 year ago

Ingo zirenga 60 zahiye, 10% by’abaturage bimuwe, Ingaruka z’Ikirunga cyarutse mu mujyepfo ya Islande zikomeje kwiyongera.

Abaturage bo mu majyepfo y’Uburayi baturiye ikirwa cya Islande bibasiwe n’ingaruka z’ikirunga cyarutse cyangiza byinshi birimo amazu y’abaturage, nyuma y’imyaka…

1 year ago

Sobanukirwa ibijyanye n’ingufu enye (4) zigenga Isanzure.

Isanzure n’ibirimo bifite uko bikora, buri kintu mu birigize gifite ingufu zituma gikora kandi kigakorana n’ibindi. Izi ngufu abahanga bemeza…

1 year ago

Police FC yananiwe gufata umwanya wa mbere muri Shampiyona nyuma yo gutsindwa na Sunrise FC i Goligota.

Ikipe ya Police y'igihugu, Police FC yananiwe gufata umwanya wa mbere muri Shampiyona y'ikiciro cya mbere mu Rwanda, nyuma yo…

1 year ago

Umuvugizi wa Reta y’u Rwanda Alain Mukurarinda yahumurije Abarundi bari mu Rwanda ko umutekano wabo ari wose.

U Rwanda n'u Burundi ni ibihugu bisa nkaho ari bimwe, n'ibihugu bisangiye byinshi, ari ururimi, umuco mbese bihana inka n'abageni.…

1 year ago

This website uses cookies.