Amakuru

Thierry Froger wa APR FC ibyo kuzana abakinnyi bashya yabitereye ubuyobozi, nta ruhare azabigiramo.

Thierry Froger, Umutoza mukuru wa APR FC yavuze ko abakinnyi bose bagomba kongerwa muri iyi kipe nta ruhare na ruto…

1 year ago

Qatar n’u Rwanda byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’umutekano.

Leta y’u Rwanda n’iya Qatar byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye hagati y’inzego z’umutekano z’ibihugu byombi. Aya masezerano yasinywe ku munsi…

1 year ago

APR FC yisanze mw’ihurizo rikomeye, nyuna yo kuva muri Zanzibar.

Ikipe y'ingabo z'igihugu APR FC igiye kumara ukwezi muri shampiyona n’igikombe cy’Amahoro idafite rutahizamu wa yo Victor Mbaoma wagiriye imvune…

1 year ago

Nkuko Koreya Yepfo ibitangaza ngo ibona umukobwa wa Kim Jong Un ariwe uzamusimbura.

Umukobwa wa w'umuyobozi w'ikirenga Kim Jong Un wa Korea ya Ruguru, wagiye amuherekeza mu kugerageza ibisasu bya misile no mu…

1 year ago

I Nasho hasojwe imyitozo n’amahugurwa ku basirikare barwanira ku butaka, mu ngabo z’U Rwanda. {Amafoto}

Abasirikare barimo Aba Offisiye ndetse n’abafite andi mapeti mu ngabo z’U Rwanda basoje amahugurwa n’imyitozo y’Ingabo zirwanira ku butaka {(Advanced…

1 year ago

Ubushinwa burimo gushora imari mpuzamahanga mu nama ya Davos yabereye mu Busuwisi

Ubushinwa bwazanye ubutumwa bukomeye mu nama mpuzamahanga y’ubucuruzi y’uyu mwaka yabereye i Davos mu Busuwisi, kugira ngo igerageze kumvisha isi…

1 year ago

USA : Umugabo yisanze muri Coma, Nyuma yo kudwingwa n’igitero cy’inzuki arimo atema igiti.

Muri Kenya haravugwa inkuru y’umusore witwa Austin Bellamy wariwe n’inzuki nyinshi zikamudwinga mu gihe kinini kugeza bimuguye nabi akabura umwuka…

1 year ago

Pasiteri Paul Mackenzie ushinjwa gutegeka abayoboke be kwiyicisha inzara hagapfa abarenga 400 yagejejwe imbere y’inkiko.

Ku wa gatatu, umuyobozi w'idini rya Doomsday, Paul Mackenzie na 30 mu bayoboke be bashyikirijwe urukiko rwo muri Kenya mu…

1 year ago

Menya iby’amashusho ya Keza Nabrizza uri murukundo na Niyo Bosco, yateje impagarara.

Umuhanzi Niyo Bosco yahatiwe gusiba amashusho yasangije abamukurikira ku rubuga rwa Instagram, amugaragaza ari gusangira n'umukobwa bakundana. Uyu mukobwa witwa…

1 year ago

Pharrell Williams yamuritse imyambaro izifashishwa n’abagabo mw’itumba rya 2024. {AMAFOTO}

Pharrell Williams uhanga imyambaro yo muri (Louis Vuitton), yamuritse imyambaro izifashishwa n’abagabo mu itumba rya 2024. Iyi myambaro mishya akaba…

1 year ago

This website uses cookies.