Amakuru

Ihere ijisho abakobwa APR igiye kwinjirana muri Shampiyona. +{AMAFOTO}

Kamasa Peter, umutoza mukuru w’ikipe ya APR y’abagore ya volley ball, yatangaje ko ikipe ye yiteguye kandi ko imeze neza…

1 year ago

Afurika y’Epfo: Guverinoma irashaka guhagarika cyamunara y’ibintu bwite bya Nelson Mandela muri Amerika

Cyamunara iteganijwe muri Amerika yibintu bigera kuri 70 by’intwari yo muri Afurika yepfo yo kurwanya ivanguramoko Nelson Mandela, Gusa iyi…

1 year ago

Iby’urupfu rw’umwana w’umunyeshuri wigaga I Nyanza muri Espanya byateye benshi urujijo.

Mu ishuri ry’Ababyeyi rya Espanya, mu karere ka Nyanza, mu ntara y'amajyepfo, umwana witwa Umuraza Germaine w’imyaka 19, yitabye Imana…

1 year ago

Uwahoze ari perezida wa Sierra Leone arasaba ubuvuzi muri Nijeriya mu gihe bamwe batekereza ko ari amayeri yo guhunga inkiko.

Uwahoze ari perezida wa Sierra Leone, Ernest Bai Koroma, yiteguye kwivuriza muri Nijeriya, nubwo ahanganye n'ibirego byo kugira uruhare mu…

1 year ago

Uwahoze ari perezida wa Nigeriya yoherejwe gukemura ikibazo cya Etiyopiya na Somaliya

Mu rwego rwo gukumira amakimbirane yiyongera hagati ya Etiyopiya na Somaliya kugira ngo yinjire mu ntambara yuzuye, Akanama k'umuryango w’abibumbye…

1 year ago

Blinken mu rugendo rwo gusura ibihugu bine bya Afrika

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Antony Blinken mu cyumweru gitaha azasura ibihugu bine bya Cape Verde, Coryte…

1 year ago

Umufaransa Julien Mette, uje gutoza Rayon Sports yageze mu Rwanda.

Julien Mette yaraye ageze I Kigali mu Rwanda aho aje gutoza Rayon Sports, yavuze ko azakora ibishoboka byose akayihesha igikombe…

1 year ago

Inkongi y’Umuriro itunguranye yahitanye umuntu umwe, undi arakomereka muri EAV Rushashi.

Mu karere ka Gakenke haravugwa inkuru y’inkongi y’umuriro itunguranye yibasiye amashuri ndetse umuntu umwe akahasiga ubuzima undi nawe akahakomerekera cyane.…

1 year ago

Niba umugabo akunda kuvuga aya magambo 3, Ujye umenya ko atinya cyane kubaho atagufite.

Reka tuvugishe ukuri: niba uri hano, birashoboka ko ugerageza gutesha agaciro ibyiyumvo by'umukunzi wawe. Ariko ibyo akenshi hari bimwe mu…

1 year ago

APR FC yasinyishije rutahizamu mushya ukomoka muri Cameroun.

Sanda Soulei, rutahizamu ukomoka muri Cameroun wari mu igeragezwa muri APR FC bivugwa ko yamaze guhabwa amasezerano muri iyi kipe.…

1 year ago

This website uses cookies.