Amakuru

M23 yagabweho igitero n’ingabo za DR Congo zifatanije n’iza SADC.

Lawrence Kanyuka, umuvugizi wa M23, yatangaje ko ku cyumweru no mu gitondo kuri uyu wa mbere, ihuriro ry’ingabo za leta…

1 year ago

Dore amwe mu mafoto utabonye y’ubukwe bwa Youssef Rharb umukinnyi wa Rayon Sports.

Rutahizamu wa Rayon Sports ukomoka muri Maroc, Youssef Rharb yashyize hanze amafoto y’ubukwe bwe n'umugore we Issay Fatima. Amakuru atugeraho…

1 year ago

Uko byifashe muri Shampiyona y’u Rwanda, mbere yuko hakinwa imikino y’uyu munsi.

Kuwa Gatandatu, ikipe ya AS Kigali yaraye itsinze Kiyovu Sports igitego 1-0, mu mukino w’umunsi wa 17 wa shampiyona, Musanze…

1 year ago

Wari uziko ikinyobwa cya Coke Pepsi cyongera ubunini bwa kimwe mu bice by’imyanya y’ibaga y’Umugabo.

Ubushakashatsi bwerekanye ko kunywa soda yo mu bwoko bwa Coke na Coke Pepsi bishobora kongera uuzima bw’umusemburo wa estosterone Ndetse…

1 year ago

Abayobozi b’Abanyafurika baranenga ibikorwa bya gisirikare bya Isiraheli muri Gaza, basaba ko imirwano yahita ihagarara.

Abayobozi b'Afurika bamaganye ibikorwa bya gisirikare bya Isiraheli muri Gaza, basaba ko amakimbirane akomeje kugira ingaruka ku baturage ku buryo…

1 year ago

Perezida wa Kongo, Felix Tshisekedi, yarahiriye imirimo ye nyuma y’amatora ataravuzweho rumwe.

Ku wa gatandatu, Perezida wa Kongo, Felix Tshisekedi yarahiye nyuma y’amatora atavugwaho rumwe mu Kuboza, asezeranya guhuza igihugu cya Afurika…

1 year ago

Intambara ya Isiraheli Hamas: Loni ivuga ko abagore n’abana bahitanwa muri iyi ntambara igihe IDF yibasiye Damasiko.

Loni iti: Abagore n’abana bahitanwa n’intambara ya Isiraheli na Hamas hamwe n’abantu 16.000 bishwe Ikigo cy’umuryango w’abibumbye giteza imbere uburinganire…

1 year ago

“Heroes Cycling Cup” Manizabayo Eric Karadiyo na Xaverine Nirere begukanye imyanya ya mbere mu isiganwa. {Amafoto}

Isiganwa ryo ku magare ryitiriwe Umunsi w’Intwari “Heroes Cycling Cup” ryo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 20 Mutarama 2024,…

1 year ago

RBC yamaze impungenge abanyarwanda ku bwiyongere budasanzwe bw’ibicurane n’inkorora ko ntaho bihuriye na COVID-19.

Mu mpera z'umwaka wa 2023 niho hatangiye kugaragara ibicurane ndetse n'inkorora mu bantu hirya no hino mu Rwanda. Mu kwezi…

1 year ago

Bruce Melodie yavuze uko King James yatumye afata umwanzuro wo gushora imari mu bitari umuziki.

Itahiwavu Bruce, wamamaya nka Bruce Melodie muri muzika, yavuze ko ibiganiro yagiranye na King James ubwo bahuriraga muri Rwanda Day…

1 year ago

This website uses cookies.