Amakuru

Dore akamaro ko kurya umwembe ku buzima bwawe

Umwembe ni urubuto rukundwa na benshi kandi ruryoha cyane ariko by’umwihariko rw’ingirakamaro cyane ku buzima bw’umuntu ndetse rukaba rugizwe n’ubwoko…

1 year ago

Umuyobozi wa Tchad ari mu Burusiya kubera ubutumire bwa Putin

Kuri uyu wa kabiri, perezida wa guverinoma y’inzibacyuho ya Tchad, Jenerali Mahamat Idriss Deby Itno, yatangiye uruzinduko mu Burusiya "ku…

1 year ago

Nyuma yibyo Madjaliwa yatangaje, ntiyishimiwe n’aba-Rayon muri iyi minsi.

Aruna Moussa Madjaliwa binyuze kuri paji ye ya Facebook inyuzwaho amakuru ye, mu minsi micye ishize yavuze ko vuba agiye…

1 year ago

Dr Sabin Nsanzimana ati “niba unywa byibuze amacupa abiri y’inzoga ku munsi uzarinda usaza udasindutse.”

Hashize igihe hatangijwe ubukangurambaga kuri gahunda yo kugabanya kunywa ibisindisha yiswe (Tunyweless), imwe mu byagarutsweho ku munsi wejo munama y'umushyikirano…

1 year ago

Nyuma y’igihe kinini, Green P yirekuye avuga kuri Jay Polly witabye Imana no kuri Ise umubyara.

Umuraperi Green P wamamaye cyane mu itsinda rya Tuff Gangs ryakanyujijeho mu myaka ya za 2008 kuzamura mu njyana ya…

1 year ago

Rutahizamu Shabani Hussein Tchabalala yagarutse muri AS Kigali.

Mu gihe AS Kigali yitegura guhura na APR FC mu gikombe cy’Amahoro, iyi kipe yagaruye rutahizamu w’Umurundi wakinaga muri Libya,…

1 year ago

Umushyikirano 19 : “Turambiwe gucyurirwa indagara, Ni ikibazo tugomba guca vuba cyane bidatinze.” Minisitiri Musafiri.

Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Ildephonse Musafiri, yashimangiye ko Leta y’URwanda irimo gutegura ubudangarwa bw’umutekano wayo mu bijyanye n’ibiribwa kugirango hacyemurwe…

1 year ago

Antony Blinken yageze muri Nigeriamu ruzinduko akomeje kugirira muri Afurika

Ku wa kabiri, umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Antony Blinken yahuye na Perezida wa Nijeriya Bola Tinubu i Abuja…

1 year ago

Abarwanyi ba Al-Shabaab biciwe mu gitero cyagabwe n’igisirikare cya Amerika muri Somaliya.

Ku wa kabiri, igisirikare cy’Amerika cyemeje ko cyagabye ibitero by’indege muri Somaliya mu mpera z'icyumweru gishize, bituma hapfa abantu batatu…

1 year ago

Igihugu cya Misiri cyatangiye kubaka uruganda rukora ingufu za kirimbuzi “El Dabaa”

Ku wa kabiri, Perezida wa Misiri, Abdel Fattah el-Sissi, yatangaje ko igihugu cye n'Uburusiya biri ku "rupapuro rushya". Ibi yabitangaje…

1 year ago

This website uses cookies.