Amakuru

Amwe mu makipe akomeye yatunguwe agasezererwa hakiri kare mu gikombe cy’Amahoro.

Mu gihe habura  umukino umwe gusa wo kwishyura wa 1/8 cy’Igikombe cy’Amahoro, amakipe arimo Kiyovu Sports na Musanze FC, yatunguwe…

1 year ago

Ubwongereza: Depite arasaba imbabazi ko yashinje Rishi Sunak ko afite ‘amaraso ku biganza’ nyuma y’amagambo yatangaje ku ntambara ya Israel muri Gaza

Umudepite w’umurimo yasabye imbabazi nyuma yo gushinja Rishi Sunak kuba afite "amaraso y’inzirakarengane ibihumbi mu ntoki" kubera igisubizo yatanze ku…

1 year ago

Umucamanza wo mu rwego rwo hejuru mu Burayi araburira Guverinoma y’Ubwongereza kutirengagiza ibyemezo by’urukiko.

Rishi Sunak yaburiwe ko adakwiye kurenga ku itegeko ry’uburenganzira bwa muntu mu Burayi aramutse yirengagije icyemezo cy’urukiko cyihutirwa kigamije guhagarika…

1 year ago

Perezida Paul Kagame yayoboye Inama ya mbere y’Abaminisitiri muri 2024 yafatiwemo ibyemezo bitandukanye.

Perezida Paul Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri ku Gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki 25 Mutarama 2024 yafatiwemo ibyemezo bitandukanye,…

1 year ago

Abana ba Mr Ibu batawe muri yombi bazira gushaka kumuriganya ngo bamurye amafaranga ye.

Abapolisi bo mu gace ka Ikoyi, muri Leta ya Lagos bataye muri yombi abana b'umukinnyi wa filime, John Okafor uzwi…

1 year ago

Bus itwara abanyamakuru mu mikino y’umukino w’igikombe cya Afrika yakoze impanuka benshi barakomereka.

Bisi itwara abanyamakuru i Abidjan nyuma y'umukino w’igikombe cy’Afurika yaguye mu rukerera rwo ku wa gatatu, abantu benshi barakomereka. Iyi…

1 year ago

Khan Younis: Imirwano yubuwe mu isura nshya, yaguyemo abagera kuri 12 muri Gaza.

Ikigo cy’umuryango w’abibumbye gishinzwe impunzi muri Palesitine kivuga ko byibuze abantu 12 aribo bishwe, Abandi 75 mu gitero cyagabwe i…

1 year ago

Umuyobozi mwaza ntatinya gukemura ibibazo no gufata inshingano akorera kuri “Bitanturukaho, bikankoraho” Perezida Kagame.

Umukuru w’Igihugu cy’U Rwanda Perezida Paul Kagame yibukije abayobozi barangwa no kudatinyuka ngo bafate inshingano n’imyanzuro yo gucyemura ibibazo bitandukanye…

1 year ago

Perezida Paul Kagame, yavuze igituma atagikunda kujya ku bibuga by’umupira w’amaguru.

  Mu Nama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 19, Perezida Paul Kagame yavuze ko ruswa n’amarozi biri mu byatumye acika ku bibuga…

1 year ago

Umuhanzi Kamichi yongerewe mu bazatarama mu birori bya “Rwanda Day After Party”.

Umuhanzi Kamichi yongerewe mu bazatarama mu birori bya “Rwanda Day After Party” bizaherekeza Rwanda Day, bikazabera i Washington. Ibi birori…

1 year ago

This website uses cookies.