Amakuru

Ese waruziko iyo utanyweye neza imiti igabanya ubukana bwa virus itera SIDA bituma yihinduranya.

Mu mu Rwanda ubushakashatsi kuri virus itera SIDA bwerekana ko abasaga ibihumbi 210,000 bari hagati y'imyaka 14_64 babana n'agakoko gatera…

1 year ago

Ikipe y’igihugu ya Cote d’Ivoire bigoranye yasezereye Senegal muri 1/8 cy’igikombe cy’Afurika.

Mu mikino y'igikombe cy'Afrika, ikipe y’igihugu ya Cote d’Ivoire yasezereye Senegal muri 1/8 iyitsinze Penaliti 5-4 nyuma yo gusoza iminota…

1 year ago

Dore amakipe ashobora guhura muri 1/4 mu mikino y’igikombe cy’Afurika.

Nyuma yuko Ikipe y'igihugu ya Senegal isezerewe muri 1/8 mu gihe ari yo kipe yaherukaga kwegukana iri rushanwa yatwaye muri…

1 year ago

Irani irahakana uruhare mu gitero cy’indege zitagira abapilote nkuko Biden avuga ko Amerika ‘igomba gusubiza’

Ku cyumweru, Perezida Joe Biden yavuze ko Amerika "izitabira" igitero cy’indege zitagira abapilote mu ijoro ry’amajyaruguru y’amajyaruguru ya Yorodani, hafi…

1 year ago

Cyamunara yo kugurisha ibintu bya Mandela yahagaritswe.

Inzu ya cyamunara ya Guernsey i New York yahagaritse kugurisha ibintu bigera kuri 70 by’intwari yo muri Afurika yepfo yarwanyaga…

1 year ago

Inama y’Ubutaliyani na Afurika yo kubaka umubano, Intego yo gukumira abimukira bava muri Afurika.

Kuri uyu wa mbere (29 Mutarama) Minisitiri w’intebe w’Ubutaliyani Giorgia Meloni yafunguye inama y’Ubutaliyani na Afurika igamije gushyira ahagaragara gahunda…

1 year ago

Guha umugisha abashakana bahuje Ibitsina: Papa ati Ibyo Afurika ivuga ni “umwihariko”

Papa Francis mu kiganiro cyasohotse ku wa mbere (29 Mutarama) yavuze ko ikibazo cy'Itorero muri Afurika "kidasanzwe", ku byerekeye imigisha…

1 year ago

Umuraperi Green P yatangaje uburyo yataye umwanya hafi no kubura ubuzima.

Rukundo Elia wamenye nka Green P mu njyana ya Rap(Hip Hop), akaba yarabaye no mu itsinda rya Tuff Gang, yavuze…

1 year ago

Perezida Kagame Paul yakiriye Intumwa ya Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza muri Village Urugwiro.

Perezida wa Repubulika y'u Rwanda yakiriye muri Village Urugwiro, Intumwa ya Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza ishinzwe Ubucuruzi, (Lord Popat). Uyu…

1 year ago

Nigeria umusore yatewe indobo kuko yanze guha umukinzi we miliyoni 10 z’amanaila ngo yisohokane.

Umusore wo muri Nigeria, ari mugahinda kenshi nyuma yo kubengwa n'umukobwa bari bamaze igihe bakundana amuziza ko yanze kumuha amafaranga…

1 year ago

This website uses cookies.