Amakuru

Ukraine yariye karungu iteguza Uburusiya umuriro igiye kuyicanaho binyuze mu gitero simusiga.

Nyuma y’igihe kitari gito ingabo z’U Burusiya zigaba ibitero bikomeye ku butaka bwa Ukraine mu byiciro birenze kimwe, Ukraine yariye…

1 year ago

Nyuma y’amezi make Manishimwe Djabel asinyiye ikipe yo muri Algeria yamaze kwirukanwa.

Ikipe yo muri Algeria yitwa USM Khenchela yamaze gutangaza ko yatandukanye n’abakinnyi 3 barimo n’umunyarwanda Manishimwe Djabel wari umaze igihe…

1 year ago

Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi watangije igikorwa gishya cya gisirikare mu nyanja Itukura

Hagati muri Gashyantare, ibihugu bigize Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi bigiye gutangiza ubutumwa bw’amato mu nyanja itukura, bugamije kurinda amato ibitero…

1 year ago

Ubutwari : CHENO Yibutsa Abanyarwanda ko bemerewe gutanga kandidatire y’uwo babona waba Intwari agashyirwa mu mubare w’Abandi.

Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’Ishimwe (CHENO), ruvuga ko hari abantu bakoze ibikorwa by’ubutwari bataramenyekana ngo bagirwe Intwari, cyangwa…

1 year ago

Umugabo washakishwaga akekwaho kwica umukunzi we umurambo akawuta ku kibuga cy’indege cya Boston, Yafatiwe muri Kenya.

Ku wa kabiri, polisi yo muri Kenya yatangaje ko umugabo ushakishwa kubera kwica umukunzi we agasiga umurambo we muri parikingi…

1 year ago

Perezida Paul Kagame yageze i Washington DC aho yitabiriye ibikorwa byo gusengera Amerika n’ihuriro rya Rwanda Day.

Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame na Madamu we Jeannette Kagame bageze i Washington DC, muri Leta Zunze Ubumwe…

1 year ago

Mu Bufaransa imyigaragambyo y’abahinzi yafashe indi ntera.

Ku mugabane w'Uburayi mu gihugu cy'Ubufaransa, abahinzi bakomeje kwigaragambya baharanira uburenganzira bwabo. Polisi yo muri iki gihugu, iryamiye amajanja kugira…

1 year ago

The Ben yifurije isabukuru nziza umugore we Uwicyeza Pamella

Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben muri muzika yifurije isabukuru nziza umugore we Uwicyeza Pamella bamaze ukwezi barushinze, amwibutsa urwo…

1 year ago

Umukinnyi w’u Rwanda mu ikipe y’abagore yasezeranye n’umugore mugenzi we.

Tierra Monay Henderson w’imyaka 37, avuka i Pasadena muri California. Yatangiye gukinira u Rwanda mu myaka 14 ishize nk’umwe mu…

1 year ago

Kicukiro : Green P Agiye gutanga isomo n’igisobanuro nyacyo cya Hip Hop.

Umuraperi uza ku isonga mu bami ba Hip Hop yo mu Rwanda RUKUNDO Elie wamamaye nka Green P yongeye gushing…

1 year ago

This website uses cookies.