Amakuru

Abakinnyi ba APR FC batangaje ibyo batazibagirwa kuri Salomon Banga Bindjeme.

Abakinnyi b'ikipe y'ingabo z'igihugu APR FC batangaje ibyo batazibagirwa kuri Salomon Banga Bindjeme, myugariro w' Umunya-Cameroun, uherutse kuva muri iyi…

1 year ago

Umuhanzi Prosper Nkomezi yateguje igitaramo cy’amateka azamurikamo album ze ebyiri.

Prosper Nkomezi, Umuhanzi w'indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, yateguje igitaramo gikomeye yise ‘Nzakingura Live Concert’ azamurikiramo Album ebyiri, iyitwa…

1 year ago

Platin P agiye gukora igitaramo cy’amateka gishimangira uburambe amaze mu muziki.

Nemeye Platin wamamaye nka Platin P Baba nyuma yo gutangira umuziki ku giti cye "Solo Career" avuye mu itsinda ry'ibigwi…

1 year ago

Perezida wa Pologne yahaye ikaze urubyiruko rwifuza kwiga ibijyanye n’igisirikare mu gihugu ayoboye.

Perezida wa Pologne yafunguriye amarembo urubyiruko rwifuza kwiga ibijyanye n’igisirikare mu gihugu ayoboye ndetse n’ubundi bumenyi bakenera cyane ko ibihugu…

1 year ago

Guhagarika imirwano: Minisitiri w’intebe wa Isiraheli Benjamin Netanyahu yanze ubusabe bwa Hamas.

Minisitiri w’intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu, yanze amasezerano y’ubusabe bwa Hamas yo guhagarika imirwano ku mpande zombi hagasinywa ay’amahoro ndetse…

1 year ago

Ishami rya Trace rikorera mu Rwanda ryahawe umuyobozi mushya.

Ikigo Trace Group cyashinzwe mu 2003, gifite televiziyo zikomeye ku ruhando mpuzamahanga zizwiho guteza imbere umuziki zirimo Trace Africa, Trace…

1 year ago

U Rwanda na Pologne basinyanye amasezerano mashya y’ubufatanye mw’iterambere ry’ibihugu byombi.

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame n'uwa Pologne Andrzej Sebastian Duda, bakurikiranye umuhango wo gushyira umukono ku masezerano mashya…

1 year ago

Mu Mboni : M23 yatangiye gukubita ahababaza no gusatira cyane intege nke z’uwo bahanganye.

Abakurikiranira hafi ibya Politiki ndetse n’imirwano yo muri Congo bemeza ko M23 isa naho yatangiye guca intege ndetse no gutsinda…

1 year ago

Myugariro Salomon Banga Bindjeme yatandukanye na APR FC.

Ikipe y'ingabo z'igihugu APR FC, yamaze gutandukana n'umukinnyi ukomoka muri Cameroun witwa Salomon Bienvenue Banga Bindjeme Charles II wamaze kwerekeza…

1 year ago

Urwishe ya Mpfizi ruracyayirimo, Uwase bamuvumiye ku gahera nyuma yo kubisubira ubugira kabiri.

Umukobwa witwa Uwase uherutse kugaragara mu Itangazamakuru asaba imbabazi ndetse arira cyane kubera ibikorwa yari amazemo Iminsi akoraz, Yongeye kugaragara…

1 year ago

This website uses cookies.