Amakuru

“Ingabo z’U Burusiya nta Internet twigeze tuzigurisha ku rugamba” Elon Musk.

Elon Musk, Umunyemari ukomeye ku Isi yatangaje icyizere Igisirikare cy’U Burusiya cyari gifite cyo kubona internet yo kwifashisha ku rugamba…

1 year ago

Luvumbu ukinira Rayon Sports, yatanze ubutumwa bukomeye.

Umukinnyi w'umupira w'amaguru Hertier Nzinga Luvumbu ukinira Rayon Sports, yatanze ubutumwa burimo gusaba Amahoro mu gihugu cye cya DR Congo.…

1 year ago

Perezida Paul Kagame yasubije ikibazo yabajijwe, Niba koko ari mu bakandida bujuje ibisabwa.

Perezida Kagame yavuze ko mu gihe cy’amatora, abaturage ari bo bemeza niba umukandida ari we wujuje ibikenewe ku cyo bamutorera,…

1 year ago

Dore imyitwarire y’umuhungu igaragaza ko ashaka imbabazi ku mukunzi we yababaje.

Birashoboka ko abakundana,umusore n’umukobwa bashobora kugirana ikibazo runaka,umuhungu akaba yahemukira umukobwa, akamubabaza ndetse kumubabarira bikaba byamugora,ariko hari imyitwarire cyangwa uburyo…

1 year ago

Ikipe y’igihugu ya Cote d’Ivoire yegukanye igikombe cy’Afurika cya 2024.

Nyuma yo gutsinda Nigeria 2-1, ikipe y’igihugu ya Côte d’Ivoire yegukanye igikombe cy’Afurika cya 2024, cyari kimaze iminsi kibera muri…

1 year ago

Abagore n’abakobwa batangiye gutozwa kurwana intambara muri Sudani

Ku kibuga cy'ishuri muri Port Sudani aho abana biga kandi bagakina mu gihe imbere mu gihugu harimo intambara yahindutse ikibanza…

1 year ago

“Rwanda Gospel Stars Live Season 2” igarutse mu isura nshya yo kuzamura impano nshya muri Gospel.

Nyuma yo kuyivugurura “Rwanda Gospel Stars Live 2024 “ nk’irushanwa rigomba guteza imbere umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana ryari…

1 year ago

Musanze : Hari umurambo w’Umusore wasanzwe umanitse mu giti.

Mu Karere ka Musanze haravugwa inkuru y’umusore wasanzwe mu giti yapfuye bigakekwa ko yaba ariwe wiyambuye ubuzima nkuko byatangajwe n’abaturage.…

1 year ago

Davis D yatangaje izina rya album ye yitegura gushyira hanze, avuga nuko yamenyanye na Melissa.

Icyishaka David wamamaye nka Davis D mu muziki, yatangaje bwa mbere izina rya album ye yitegura gushyira hanze avuga ko…

1 year ago

Bruce Melodie yikomye Green P, nyuma yuko avuze ko imiziki nyarwanda ari ubudage.

Mu minsi ishize nibwo umuraperi Green P yakoreye ikiganiro ku muyoboro wa Youtube wa RadioTv10, avuga ko adakunze kumva imiziki…

1 year ago

This website uses cookies.