Amakuru

Ubugira gacye abikora, Yagaragaye yambaye gikobwa byuzuye, Udushya turi mu ndirimbo nshya ya Ariel Wayz.

Umuhanzikazi UWAYEZU Ariel wamamaye cyane nka Ariel Wayz yasohoye indirimbo nshya igaragaramo we mushya uri mu ishusho yuzuye ya gikobwa…

1 year ago

Perezida wa Ukraine Zelenskyy agiye gusinyana amasezerano y’umutekano n’Ubudage n’Ubufaransa

Ubudage n’igihugu cya kabiri mu gutanga inkunga ya gisirikare muri Ukraine nyuma y’Amerika, kandi Scholz aherutse guhamagarira ibindi bihugu by’Uburayi…

1 year ago

Inteko ishinga amategeko y’Ubugereki yemeje ko abashyingiranwa bahuje ibitsina byemewe

Abashingamateka b'Abagereki batoye itegeko ryemerera gushyingiranwa kw'abahuje ibitsina, bavuga ko Ubugereki ari cyo gihugu cya mbere cy'Abakristo ba orotodogisi babikoze.…

1 year ago

Perezida Kagame yitabiriye inama ya 37 y’abakuru b’ibihugu naza Guverinoma.

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yamaze kugera Addis Ababa muri Ethiopia aho yitabiriye inama isanzwe ya 37 y’Abakuru b’Ibihugu na…

1 year ago

Ghana: Perezida Akufo-Addo yavuguruye guverinoma, yirukana minisitiri w’imari

Ibiro bya Perezida Nana Akufo-Addo byatangaje ku wa gatatu ko Ofori-Atta izasimburwa na Mohammed Amin Adam, usanzwe ari minisitiri w’igihugu…

1 year ago

Ibyo ushobora kuba utazi kuri Bob Marley, Inyenyeri ya J-Reggae wakorewe Film yatwaye akayabo ka Miliyari 70Frw.

Umuhanzi wabayeho mu mateka y’injyana ya Reggae Bob Marley yakorewe Film ijyanye n’ibigwi bye ndetse n’urugendo rwe rwa muzika muri…

1 year ago

Amadou Diaby perezida wa AS VCLUB ahanze amaso kuri Héritier Luvumbu

Perezida AMADOU DIABY w'ikipe ya AS VCLUB yahuye na HERITIER LUVUMBU i Kinshasa, ku wa gatatu tariki ya 14 Gashyantare…

1 year ago

The Ben, Sheebah Karungi n’abandi batanze “St Valentin” muri “Comedy Store UG”. {Amafoto}

Umuhanzi mpuzamahanga w'umunyarwanda Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yaraye ataramiye abagande ku munsi w'abakundanye "St Valentin" nk'umuhanzi mukuru mu…

1 year ago

Igiciro cy’urugendo ku bantu batega imodoka rusange kigiye kwiyongera

Minisitiri w’Ibikorwa Remezo, Dr Jimmy Gasore, avuga ko nkunganire ku ngendo yari yashyizweho mu bihe bya Covid-19 guhera mu Ukwakira…

1 year ago

Ni ngombwa ko buri mukobwa abikora? Ibyo ukwiriye kumenya ku guca imyeyo.

Guca imyeyo cyangwa se gukuna ni umwe mu migenzo imaze imyaka myinshi ikorwa mu Rwanda ndetse no bindi bice bya…

1 year ago

This website uses cookies.