Amakuru

Visi perezida wa Zimbabwe avuga ko guverinoma izahagarika buruse ku baryamana bahuje ibitsina

Visi perezida ukomeye wa Zimbabwe yavuze ko guverinoma izahagarika buruse ya kaminuza ku rubyiruko ruri mu itsinda rya LGBTQ +…

1 year ago

Félix Antoine Tshisekedi akomeje kunangira umutima ku ngingo yo guhuza no kuganira na M23.

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yongeye kwanga ibijyanye no guhuza no kujya mu biganiro n’umutwe wa M23 nkuko…

1 year ago

Perezida wa Senegal avuga ko amatora azaba vuba bishoboka, nyuma yuko urukiko rwatesheje agaciro icyemezo cye.

Kuri uyu wa gatanu, guverinoma yavuze ko Senegal izakora amatora ya perezida vuba bishoboka dore ko ubuyobozi bukuru bw'amatora mu…

1 year ago

Inganda zenga ibinyobwa n’izindi sosiyete zitandukanye zizakorana na “Tour du Rwanda” zahize kuzakora ibishoboka kugirango rizabe umwihariko.

Mu gihe hasigaye amasaha abarirwa ku ntoki ngo irushanwa ryo gusiganwa ku magare mu Rwanda “Tour du Rwanda” ritangire ni…

1 year ago

Dore urutonde rw’abakinnyi 8 batemerewe gukina umunsi wa 21 wa shampiyona.

Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda igeze ku munsi wa 21, hari abakinnyi 8 batemerewe gukina uyu munsi kubera amakarita…

1 year ago

Tuniziya iravuga ko hari imirambo y’abimukira yabonye hafi y’amazi ya Libiya

Ku wa kane, abashinzwe umutekano ku nkombe za Tuniziya bakuye imirambo y’abantu icyenda bapfuye nyuma y’ubwato bwabo burohamye ku wa…

1 year ago

Ramaphosa avuga ko azashyira umukono ku mushinga w’itegeko ry’ubwishingizi bw’ubuzima mu gihugu

Perezida wa Afurika y'Epfo, Cyril Ramaphosa, avuga ko ari ingenzi kugira ngo ashyire umukono ku mushinga w'itegeko ry'ubwishingizi bw'indwara mu…

1 year ago

Inyeshyamba zateye ikirombe cya zahabu mu burasirazuba bwa Kongo, gihitana byibuze abantu 12

Ku wa kane, umuryango utegamiye kuri Leta wavuze ko byibuze abantu icumi bishwe abandi 16 bashimuswe n’inyeshyamba ahacukurwa amabuye y'agaciro…

1 year ago

Amerika igiye kubakira ingabo za Somaliya ibirindiro bya gisirikare bigera kuri bitanu

Amerika izubaka ibirindiro bya gisirikare bigera kuri bitanu ku ngabo za Somaliya mu mushinga ugamije kongerera ubushobozi ingabo z’igihugu cya…

1 year ago

Trump yaciwe miliyoni 370 z’ amadorari mu rubanza rw’uburiganya rwabereye i New York.

Ejo hazaza h’ubucuruzi bw’umuryango wa Donald Trump hashobora kwemezwa ku wa gatanu ubwo biteganijwe ko umucamanza wa New York azatanga…

1 year ago

This website uses cookies.