Amakuru

Imitwe yitwaje intwaro imaze imyaka myinshi igenzura Libiya yumvikanye na Leta ko igiye kuva mu bice yigaruriye.

Byatangajwe na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu, Trabelsi Emad, ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru. Yemeje ko imitwe yitwaje intwaro yavuye mu byicaro…

1 year ago

Ubwongereza burashinja Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi kuva mu masezerano yibijyanye n’ingufu

Guverinoma y'Ubwongereza yatangaje ko ihagaritse amasezerano nyuma y'intambara y'ubutita yari agamije kurinda ishoramari mu bihugu bikungahaye kuri peteroli nyuma ya…

1 year ago

Minisitiri w’ingabo muri Afurika yepfo atewe impungenge n’ubutumwa bwa SADC muri DRC

Thandi Ruth Modise, Minisitiri w’ingabo z’Afurika yepfo yagaragaje impungenge z’imiterere igoye y’ubutumwa bwa SADC muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo.…

1 year ago

Igisirikare cya Nijeriya cyasabwe guhirika ubutegetsi

Igice cy’Abanyanijeriya batishimiye ubuyobozi buriho barahamagarira ingabo z’iki gihugu guhirika ubutegetsi no guhirika ubutegetsi buriho. Nyuma y’ibibazo by’ubukungu mu bukungu…

1 year ago

Umufaransa Pierre Latour wa “TotalEnergies” niwe wegukanye agace ka 5 ka “Tour du Rwanda”. {Amafoto}

Agace ka gatanu k’irushanwa ryo gusiganwa ku magare “Tour du Rwanda2024 ” kasojwe kegukanwe n’umufaransa ukinira ikipe ya “TotalEnergies” ndetse…

1 year ago

Umunya Brazil Dani Alves wakanyujijeho muri ruhago, yakatiwe imyaka ine y’igifungo.

Myugariro w’umunya Brazil Dani Alves yamaze gukatirwa n’urukiko igifungo cy’imyaka igera kuri 4 ndetse n’amezi atandatu nyuma yo guhamwa n’ibyaha…

1 year ago

Kenny Sol na Bruce Melodie bagiye kongera kubana mu rugo rumwe.

Abahanzi babiri bari mu matafari agize umuziki nyarwanda bagiye guhuza imbaraga mu kuzamura Label ya 1:55 AM ndetse na muzika…

1 year ago

Bwa bwato baroshywe mu Kiyaga cya Kivu mu ntambara ya mbere y’Isi bwabonetse.

Nyuma gutangaza inkuru ivuga ko hari igikorwa cyo gushakisha ubwato bwaroshywe mu Kiyaga cya Kivu, mu Ntambara ya mbere y’Isi…

1 year ago

Impunzi z’Abarundi zisaga 100 zirataha mu gihugu cyazo ku bushake, Nyuma y’imyaka igera kuri 9.

Kuri uyu wa Gatatu, impunzi z'Abarundi zirenga 100 zirataha mu gihugu cyabo ku bushake, zose zabaga mu nkambi zigiye zitandukanye…

1 year ago

GSB Kiloz yacyebuye urubyiruko rusigaye rwitiranya ibigezweho no guhemukira abantu, Mu ndirimbo ye nshya.

Umuhanzi wa Rap Iraguha Lando Fils uzwi cyane nka GSB Kiloz wumvikana cyane muri Old School, Yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya…

1 year ago

This website uses cookies.