Amakuru

Perezida wa Coryte d’Ivoire yababariye abantu benshi bari bafunzwe bazira ubuhemu

Perezida wa Cote d'Ivoire, Alassane Ouattara, yababariye kandi ategeka ko irekurwa ry'abantu 51 bahamwe n'icyaha cy'ubuhemu n'ibindi byaha by’umutekano wa…

1 year ago

Inkuru nziza ku bakunzi ba Rayon Sports, kuri Prince wataye ubwenge ku mukino wa Musanze Fc.

Nyuma yuko bitunguranye umukinnyi wa Rayon Sports RUDASINGWA Prince aguye mu kibuga akabura umwuka abantu bakagira n’ubwoba bwinshi ku mukino…

1 year ago

Perezida Ruto wa Kenya avuga ko guverinoma iri gufata ingamba zo koroshya ubuzima.

Guverinoma ya Kenya ivuga ko yiyemeje kubaka ubukungu mu kongera amafaranga yinjira, kugabanya amafaranga Leta ikoresha, no kureba ko igihugu…

1 year ago

Tembera iduka rishya rya Rayon Sports rigurirwamo imyambaro y’abakunzi bayo.

Mu gihe ikipe ya Rayon Sports benshi bakunze kwita "Murera" ikunzwe na kimwe cya kabiri cy'abanyarwanda ikomeje kwitwara neza neza,…

1 year ago

Malawi: Perezida yiyemeje kutazatanga incungu kuri ba rushimusi ba pasiporo

Guverinoma ya Malawi ntabwo itanga pasiporo, Perezida Lazarus Chakwera yavuze ko ari ukubera igitero cya interineti. Ariko bamwe mu babikurikiranira…

1 year ago

Clarisse Karasira yasabiye abana bo ku mihanda ku Mana, Mu ndirimbo ye nshya yashyize hanze.

Clarisse Karasira yashyize hanze indirimbo nshya yise "IBARABARA" Agaruka ku gahinda aterwa n'abana bo ku muhanda asanga batabona urukundo bakagombye…

1 year ago

Nyuma yo gukura amukunda ndetse amwubaha cyane, bakoranye indirimbo igiye gusohoka vuba.

Umuhanzikazi Ariel Wayz yatangaje ko indirimbo ye na Butera Knowless yamaze gutunganywa igisigaye ari ukuyisohora, anateguza Album ye ya mbere…

1 year ago

Perezida Tshisekedi Yahuje igenda rya Luvumbu wa Rayon Sports n’ibibazo bya Politiki.

Perezida Tshisekedi yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru cyamaze amasaha agera kuri abiri, ariko ingingo nyamukuru yari u Rwanda, aho yateraga akirizwa na…

1 year ago

Perezida Kagame na Kiir Salva wa Sudan y’Epfo baganiriye ku buryo bwo guhosha umwuka mubi muri DRC.

Perezida Wa Sudan y’Epfo uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda yagiranye ibiganiro na Perezida Kagame ku buryo bwo gushyira iherezo…

1 year ago

Menya ibyo umujyi wa Kigali watangaje ku bishanga bitanu bigiye kuvugururwa.

Umuyobozi ushinzwe iterambere mu mujyi wa Kigali yatangaje ko abahinzi bari basanzwe bakorera ubuhinzi mu bishanga bitanu bigiye kuvugururwa nta…

1 year ago

This website uses cookies.