Amakuru

U Rwanda rwahawe n’UBuyapani inguzanyo ya Miliyari 118 Frw zo guteza imbere ikoranabuhanga mu burezi.

Leta y’u Rwanda yasinyanye n’iy’u Buyapani amasezerano y’inguzanyo ya miliyari 14 z’amayeni, ahwanye na miliyari 118 z’amafaranga y’u Rwanda, azifashishwa…

1 year ago

Nyuma yo kumara amezi 5 badahembwa, abakinnyi ba Kiyovu Sports bivumbuye.

Nyuma yuko abakinnyi ba Kiyovu Sports bamaze amezi asaga atanu (5) batazi ikitwa umishahara bivumbuye banga gukora imyitozo bageze ku…

1 year ago

Abakunzi ba “UEFA Champions League” bashobora kuyibona mu isura nshya.

Irushanwa ry’Amakipe yabaye ayambere iwayo UEFA Champions League rishobora kugira ubundi buryohe bwihariye ku bakunzi baryo barikurikiranye kuva cyera hose…

1 year ago

Ghana: Minisiteri y’imari iraburira igihugu ko kizagwa mu gihombo cya Miliyari $ 3.8 kubera umushinga w’itegeko rirwanya Abatinganyi.

Minisiteri y’imari ya Ghana yihanangirije ko iki gihugu kizatakaza amafaranga menshi y’amabanki mpuzamahanga agera kuri miliyari 3.8 z’amadolari y’Amerika mu…

1 year ago

Ingengo y’imari shya ya Afrika yepfo iragabanya abanywa itabi, n’abanywi

Minisitiri w’imari muri Afurika yepfo yatanze ingengo y’imari 2024 ishaka gukuramo amafaranga menshi mu basoreshwa yita ku banywa itabi n’abanywa…

1 year ago

Sudani irasaba gusubizwa byimazeyo mu muryango wa Afrika Yunze Ubumwe (AU)

Umuyobozi w’ingabo z’ingabo za Sudani, Abdel Fattah al-Burhan, yasabye ko hajyaho abunzi ba AU ku kugarura abanyamuryango. Mu itangazo ryatangajwe…

1 year ago

Abakinnyi n’abakora ibya filimi barashimira uruhare Mr Ibu yagize mu ruganda rwa sinema.

Abafana, abakora amafilime, n’abakurikirana inganda babajwe no kubura umukinnyi w’inararibonye John Okafor, uzwi cyane ku izina rya Bwana 'Mr' Ibu.…

1 year ago

Indege y’ingendo muri Misiri yahagaritse urugendo, Nyuma yo kugongana n’ibisiga by’i Kigali.

Sosiyete yo mu Misiri ikora ubwikorezi bwo mu kirere, EgyptAir, yatangaje ko yahagaritse urugendo rw’indege yayo rwavaga i Kigali rugana…

1 year ago

Congo : Byakomeye bigeze aho umwana arira nyina ntiyumve, RDC yatereye hejuru iratabaza amahanga.

Muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ibyari indyo imwe byahindutse agatogo, Umukino wajemo ubukana buhambaye dore ko ubu imbunda ziremereye…

1 year ago

Nyuma yo gutsinda Sunrise FC, Rayon Sports ikomeje gusatira APR FC.

Rayon Sports nyuma yo Sunrise FC ibitego 2-0 mu buryo bworoshye, mu mukino w’umunsi wa 23 wa shampiyona wabereye kuri…

1 year ago

This website uses cookies.