Amakuru

Perezida Putin yakubise hasi ibipfukamiro, yisabira abarusiya kumuzirikana mu matora.

Kuri uyu wa kane tariki ya 14 Werurwe 2024, Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yumvikanye mu mbwirwaruhame asaba abaturage kumuhundagazaho…

1 year ago

Nigeria : Abagera kuri 11 batawe muri yombi bazira kurya mu gisibo cya Ramadhan.

Mu gihe Ku Isi hose abayisiramu bamaze iminsi micye batangiye igisibo cya Ramadhan aho abayisiramu bose baba bari mu masengesho…

1 year ago

Polisi y’u Rwanda yibarutse ikigo gishya cy’Ikoranabuhanga gikoresha ibizamini byo gutwara ibinyabiziga.

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe Ibizamini n’Impushya zo gutwara ibinyabiziga, mu minsi iri imbere irafungura Ikigo gishinzwe gukoresha ibizamini byo…

1 year ago

Inteko ishinga amategeko y’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi yatora kurengera ubwisanzure bw’itangazamakuru no kugabanya kuneka abanyamakuru

Ku wa gatatu, amategeko mashya y’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi arengera ubwigenge bw’ibyumba by’amakuru yakiriye kashe ya nyuma yemejwe n’Inteko ishinga amategeko…

1 year ago

Ubu ikibazo cy’abimukira mu Bwongereza kigiye gucyemurwa n’ifaranga

Abimukira basaba ubuhunzi mu Bbwongereza bazahabwa £ 3000 ($ 3.800 ni ukuvuga arenga miliyoni 4 hafi eshanu) yo kwimukira mu…

1 year ago

Abakristu basuye Isiraheli nk’abakorerabushake mu gihe cy’intambara

Ibi ni ukuri cyane cyane muri Amerika, aho uruhare rwabo muri politiki rwagize uruhare mu gushyiraho politiki ya Isiraheli y’ubuyobozi…

1 year ago

Miss wa Uganda ufite inkomoko mu Rwanda yiteguye guhagararira igihugu cye mu marushanwa ya Miss World ya 71

Yavukiye ku mubyeyi wo mu Rwanda na se w'Umunyankore akurira mu mudugudu wa Kinoni, paruwasi ya Buremezi, mu karere ka…

1 year ago

Imbamutima za benshi, Nyuma yuko habayeho izamuka ry’ibiciro by’ingendo.

Ibiciro bishya by’Ingendo byavugishije benshi nyuma yuko byongerewe kuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Werurwe 2024 ndetse bikazatangira kubahirizwa…

1 year ago

Perezida Kagame yahaye bamwe mu bayobozi inshingano nshya muri Guverinoma.

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Werurwe 2024, Perezida wa Repubulika y' u Rwanda Paul Kagame yahaye abayobozi batandukanye…

1 year ago

Byamusabye kujya akoropa Studio, kugirango akore indirimbo ye ya mbere, Urugendo rugoye rwa Khalfan mu muziki.

Umuraperi NIZEYIMANA Oddo wamenyekanye nka Khalfan mu itsinda rya Home Boyz yahishuye byinshi bitangaje mu rugendo yanyuzemo kuva yatangira umuziki…

1 year ago

This website uses cookies.