Amakuru

Ibintu by’ingenzi wamenya kuri Fossette, imico iranga abazifite ndetse n’inkomoko yazo.

Fossette twavuga ko ari nk’ akarango k’ ubwiza bukurura imbaga nyamwinshi ku bagafite, benshi batangaje ko turiya twobo tuza ku…

1 year ago

Rwamagana : Abantu batatu bahasize ubuzima mu mpanuka y’ikirombe cyaridutse.

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Werurwe 2024 mu masaha ya mugitondo abantu 6 bagwiriwe n’ikirombe; batatu muri bo…

1 year ago

Umutoza w’Amavubi Frank Spittler yavuze ko adakeneye Kwizera Olivier.

Umutoza mukuru w'ikipe y’Igihugu Amavubi, Frank Spittler yavuze ko nta mpamvu n’imwe yatuma ahamagara umunyezamu Kwizera Olivier kuko ntacyo arusha…

1 year ago

Bruce Melodie yasubije mugenzi we The Ben uherutse kumusaba imbabazi.

Bruce Melodie, yasubije The Ben uherutse kumusaba imbabazi ku bw’indirimbo bashatse gukorana bikarangira itabayeho, amwibutsa ko akwiye gushyira imbaraga mu…

1 year ago

Inkangu mu Rwanda ituma habaho gusenyuka ku mipaka ya Kongo n’u Rwanda.

Umujyi wa Buhozi mu gace ka Kabare gaherereye mu majyepfo ya Kivu, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC), hafi y’umupaka…

1 year ago

Amatora mu Burusiya yatangiye ariko biri kuvugwa ko Putin byanze bikunze azatsinda

Uburusiya bwatangiye iminsi itatu yo gutora ku wa gatanu mu matora y’umukuru w’igihugu ariko byanze bikunze byongerera ubutegetsi bwa Perezida…

1 year ago

Impunzi ziri muri Uganda ni 3,6% by’abaturage bayo

Uganda ifite inkambi nini y’impunzi muri Afurika, miliyoni 1.6. Kurenza inshuro ebyiri abo mu muryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi, nkijanisha ryabaturage…

1 year ago

Perezida Kageme yagize Dr Bagabe Cyubahiro, Umuyobozi mukuru wa RICA.

None kuwa 15 Werurwe 2024, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashyize Dr Bagabe Cyubahiro ku mwanya w’umuyobozi…

1 year ago

Abakobwa baba mu gisirikare cy’u Rwanda basabiwe uburenganzira bwo gukorerwa ubukwe kimwe na basaza babo.

Minisitiri w’Ingabo Murizamunda Juvenal yasabiye abakobwa baba mu nshingano z’umutekano w’Iguhugu {Ingabo z’u Rwanda} ko bajya bafashwa cyane ku ngingo…

1 year ago

FERWAFA Yasabye amakipe afashwa n’uturere kwicutsa, agashakira ubufasha ahandi.

FERWAFA yasabye amakipe ahabwa ubufasha n’uturere akomokamo kugerageza kwirwanaho mu buryo bw’ubushobozi n’amikoro nyuma yuko bigaragaye ko nubundi hari amakipe…

1 year ago

This website uses cookies.