ISHIMWE Afrikah Belie

Wari uziko kera mu Rwanda, kwinjira muri Kigali byasabaga urwandiko wagereranya nka Visa.

Mu Rwanda rwo hambere ntibyari byoroshye ko wajya i Kigali uko wishakiye nkuko ubu bimeze aho ushobora kubyuka mu gitondo…

1 year ago

Ni irihe somo Kendrick Lamar asigiye imyidagaduro n’abahanzi nyarwanda.

Kendrick Lamar ari i Kigali nkuko twagiye tubigarukaho kenshi mu nkuru zacu zatambutse, Mu ijoro ryo kuwa Gatatu tariki 6…

1 year ago

Nyuma y’amagambo y’akababaro k’abakunda Hip-Hop, Igitaramo cya Kendrick Lamar kigiye kuba nta muraperi nyarwanda urimo.

Hari hashize iminsi myinshi abantu binubira abateguye igitaramo cya Move Afrika, kirimo icyamamare mpuzamahanga Kendrick Lamar ukora injyana ya Hip-Hop…

1 year ago

Umukobwa w’umwongereza niwe ufite agahigo ko kugira ibishushanyo ku mubiri by’umuraperi Eminem.

Yitwa Nikki Paterson akomoka mu gihugu cy’Ubwongereza akaba umufana ukomeye w’umuraperi Eminem. Ni kenshi abafana bakunze kugaragaza urukundo bakunda ibyamamare…

1 year ago

Racine yishimiye impano y’umuhanzi uri muri Art Rwanda Ubuhanzi ufite ubumuga.

Muri iyi minsi hari kuba amajonjora y’abazitabira n’abazatsindira Art Rwanda Ubuhanzi. Iri rushanwa ritegurwa na Imbuto Foundation ku bufatanye n’abafatanyabikorwa…

1 year ago

Abanyarwanda baribaza icyo Zari azaba aje gukora mu Rwanda mu gitaramo kirimo itike ya miliyoni n’igice.

Ni igitaramo nkuko bigaragara ngo cyateguwe na The Wave Lounge y’ i Kigali, aho ngo kizaba tmu mpera z’uyu mwaka…

1 year ago

Nyuma yo kumara igihe akumbuwe Icenova yarekuye album ari kumwe na Dr Nganji.

Icenova ni umwe mubaraperi bakunzwe n’abatari bacye mu muziki, Yatangiriye ibikorwa bye muri Green Ferry Music ari nayo yamenyekaniyemo ubwo…

1 year ago

Abanyarwanda bishimiye ishema Bruce Melody yabahaye.

Ubu Bruce Melody ari muri Leta Zunze ubumwe za Amerika aho yitabiriye ibitaramo byateguwe na iHeart Radio, kimwe mu bintu…

1 year ago

Abanyarwanda cyane abakunzi ba Hip-Hop barintubira imitegurire mibi ya “Move Afrika” izazana Kendrick Lamar i Rwanda.

Mu minsi ishize ku mbuga za internet zitandukanye zikoreshwa n’abanyarwanda bakunda umuziki nyarwanda by’umwihariko abakunzi ba Hip-Hop, aho bantenga cyane…

1 year ago

Nubwo hari ibyiza bya internet, Dore ibindi bibi internet yazanye mu isi

Ikoranabuhanga rishingiye kuri murandasi bwazanye byinshi byiza n’ibibi dore ko mu buzima tubamo buri kintu cyose kiba gifite ibyiza n’ibibi,…

1 year ago

This website uses cookies.