ISHIMWE Afrikah Belie

Uwahoze ari perezida wa Sierra Leone arasaba ubuvuzi muri Nijeriya mu gihe bamwe batekereza ko ari amayeri yo guhunga inkiko.

Uwahoze ari perezida wa Sierra Leone, Ernest Bai Koroma, yiteguye kwivuriza muri Nijeriya, nubwo ahanganye n'ibirego byo kugira uruhare mu…

1 year ago

Uwahoze ari perezida wa Nigeriya yoherejwe gukemura ikibazo cya Etiyopiya na Somaliya

Mu rwego rwo gukumira amakimbirane yiyongera hagati ya Etiyopiya na Somaliya kugira ngo yinjire mu ntambara yuzuye, Akanama k'umuryango w’abibumbye…

1 year ago

Blinken mu rugendo rwo gusura ibihugu bine bya Afrika

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Antony Blinken mu cyumweru gitaha azasura ibihugu bine bya Cape Verde, Coryte…

1 year ago

Netanyahu yanze amasezerano yo kurekura abanya Gaza

Intambara ya Isiraheli kuri Gaza - ubu ku munsi wa 104 - kugeza ubu imaze guhitana byibuze Abanyapalestina 24.448 ikomeretsa…

1 year ago

Nkuko Koreya Yepfo ibitangaza ngo ibona umukobwa wa Kim Jong Un ariwe uzamusimbura.

Umukobwa wa w'umuyobozi w'ikirenga Kim Jong Un wa Korea ya Ruguru, wagiye amuherekeza mu kugerageza ibisasu bya misile no mu…

1 year ago

Ubushinwa burimo gushora imari mpuzamahanga mu nama ya Davos yabereye mu Busuwisi

Ubushinwa bwazanye ubutumwa bukomeye mu nama mpuzamahanga y’ubucuruzi y’uyu mwaka yabereye i Davos mu Busuwisi, kugira ngo igerageze kumvisha isi…

1 year ago

Pasiteri Paul Mackenzie ushinjwa gutegeka abayoboke be kwiyicisha inzara hagapfa abarenga 400 yagejejwe imbere y’inkiko.

Ku wa gatatu, umuyobozi w'idini rya Doomsday, Paul Mackenzie na 30 mu bayoboke be bashyikirijwe urukiko rwo muri Kenya mu…

1 year ago

2 bapfuye abandi 77 barakomereka kubera iturika ritateganyijwe mu majyepfo ya Nijeriya

Ku wa kabiri nijoro, guverineri yavuze ko abantu babiri bapfuye abandi 77 barakomereka nyuma y’igiturika kinini cyibasiye inyubako zirenga icumi…

1 year ago

Amakimbirane yo mu Rwanda na Kongo amaze kwiyongera nyuma yuko u Rwanda ruvuga ko rwishe umusirikare wambutse umupaka.

Ku wa kabiri, ingabo z’u Rwanda zavuze ko zishe umusirikare wa Kongo wambutse umupaka kandi bivugwa ko yarashe ku irondo…

1 year ago

Sobanukirwa iby’iki gihugu gifite gereza imwe kandi ifungirwamo abantu babiri gusa.

Biratangaje kumva ko hari igihugu kibaho mu mudendezo wavuga nka Paradizo ku buryo usanga nta magereza afunga abanyabyaha aba ahari,…

1 year ago

This website uses cookies.