ISHIMWE Afrikah Belie

Hamas yari yiteze gusubiza vuba icyifuzo cyo guhagarika imirwano harimo no kurekura ingwate

Ku wa gatanu, umuyobozi mukuru wa Hamas yavuze ko iri tsinda rizasubiza "vuba cyane" ku cyifuzo gikubiyemo ihagarikwa ry’agateganyo mu…

1 year ago

Umunyamabanga wa Leta ya Amerika Antony Blinken yakiriye mugenzi we wa Kenya Musalia Mudavadi

Ku wa kane, umunyamabanga wa Leta muri Leta zunze ubumwe za Amerika, Antony Blinken, yabonanye n'umunyamabanga wa Minisitiri w’intebe wa…

1 year ago

Perezida wa Irani yiyemeje kurwanya abamutoteza

Ku wa gatanu, tariki ya 02 Gashyantare, perezida wa Irani, Ebrahiim Raisi, yatangaje ko iki gihugu kidafite umugambi wo gutangiza…

1 year ago

38 bishwe abandi 52 barakomereka mu mirwano y’abashumba b’inka muri Sudani y’Amajyepfo

Ku wa kane, abayobozi bo mu gace ko mu gishanga cyo muri Sudani y'Amajyepfo barwanye n'abashumba b'inka bimukiye gushaka amazi…

1 year ago

Iturika rya gaze mu murwa mukuru wa Kenya ryahitanye byibuze 2, hakomereka abarenga 200

Ubuyobozi bwavuze ko guturika kwa gaze mu nyubako y’inganda mu murwa mukuru wa Kenya byahitanye byibuze abantu babiri abandi 200…

1 year ago

Indirimbo za Bob Marley, Drake,Tylor Swifot, Shaggy, Sean Paul ntizizongera kuboneka kuri TikTok.

Umuziki wa Bob Marley ugiye gukurwa muri TikTok ni mu gihe Universal Music yiteguye kuvana indirimbo zayo ku rubuga rwa…

1 year ago

Afurika y’Epfo na Isiraheli bikomeje gufatana mu majosi, bipfa kutavuga rumwe ku mpfu zo muri Gaza.

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Afurika yepfo yatangaje ko ku wa gatatu, Isiraheli yirengagije icyemezo cy’urukiko rukuru rw’umuryango w’abibumbye yica abandi…

1 year ago

Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi watangije igikorwa gishya cya gisirikare mu nyanja Itukura

Hagati muri Gashyantare, ibihugu bigize Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi bigiye gutangiza ubutumwa bw’amato mu nyanja itukura, bugamije kurinda amato ibitero…

1 year ago

Umugabo washakishwaga akekwaho kwica umukunzi we umurambo akawuta ku kibuga cy’indege cya Boston, Yafatiwe muri Kenya.

Ku wa kabiri, polisi yo muri Kenya yatangaje ko umugabo ushakishwa kubera kwica umukunzi we agasiga umurambo we muri parikingi…

1 year ago

Umukinnyi w’u Rwanda mu ikipe y’abagore yasezeranye n’umugore mugenzi we.

Tierra Monay Henderson w’imyaka 37, avuka i Pasadena muri California. Yatangiye gukinira u Rwanda mu myaka 14 ishize nk’umwe mu…

1 year ago

This website uses cookies.