Abakinnyi ba APR FC batangaje ibyo batazibagirwa kuri Salomon Banga Bindjeme.

1 year ago

Abakinnyi b'ikipe y'ingabo z'igihugu APR FC batangaje ibyo batazibagirwa kuri Salomon Banga Bindjeme, myugariro w' Umunya-Cameroun, uherutse kuva muri iyi…

Umuhanzi Prosper Nkomezi yateguje igitaramo cy’amateka azamurikamo album ze ebyiri.

1 year ago

Prosper Nkomezi, Umuhanzi w'indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, yateguje igitaramo gikomeye yise ‘Nzakingura Live Concert’ azamurikiramo Album ebyiri, iyitwa…

Platin P agiye gukora igitaramo cy’amateka gishimangira uburambe amaze mu muziki.

1 year ago

Nemeye Platin wamamaye nka Platin P Baba nyuma yo gutangira umuziki ku giti cye "Solo Career" avuye mu itsinda ry'ibigwi…

Perezida wa Pologne yahaye ikaze urubyiruko rwifuza kwiga ibijyanye n’igisirikare mu gihugu ayoboye.

1 year ago

Perezida wa Pologne yafunguriye amarembo urubyiruko rwifuza kwiga ibijyanye n’igisirikare mu gihugu ayoboye ndetse n’ubundi bumenyi bakenera cyane ko ibihugu…

Guhagarika imirwano: Minisitiri w’intebe wa Isiraheli Benjamin Netanyahu yanze ubusabe bwa Hamas.

1 year ago

Minisitiri w’intebe wa Isiraheli, Benjamin Netanyahu, yanze amasezerano y’ubusabe bwa Hamas yo guhagarika imirwano ku mpande zombi hagasinywa ay’amahoro ndetse…

Ishami rya Trace rikorera mu Rwanda ryahawe umuyobozi mushya.

1 year ago

Ikigo Trace Group cyashinzwe mu 2003, gifite televiziyo zikomeye ku ruhando mpuzamahanga zizwiho guteza imbere umuziki zirimo Trace Africa, Trace…

U Rwanda na Pologne basinyanye amasezerano mashya y’ubufatanye mw’iterambere ry’ibihugu byombi.

1 year ago

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame n'uwa Pologne Andrzej Sebastian Duda, bakurikiranye umuhango wo gushyira umukono ku masezerano mashya…

Mu Mboni : M23 yatangiye gukubita ahababaza no gusatira cyane intege nke z’uwo bahanganye.

1 year ago

Abakurikiranira hafi ibya Politiki ndetse n’imirwano yo muri Congo bemeza ko M23 isa naho yatangiye guca intege ndetse no gutsinda…

Myugariro Salomon Banga Bindjeme yatandukanye na APR FC.

1 year ago

Ikipe y'ingabo z'igihugu APR FC, yamaze gutandukana n'umukinnyi ukomoka muri Cameroun witwa Salomon Bienvenue Banga Bindjeme Charles II wamaze kwerekeza…

Urwishe ya Mpfizi ruracyayirimo, Uwase bamuvumiye ku gahera nyuma yo kubisubira ubugira kabiri.

1 year ago

Umukobwa witwa Uwase uherutse kugaragara mu Itangazamakuru asaba imbabazi ndetse arira cyane kubera ibikorwa yari amazemo Iminsi akoraz, Yongeye kugaragara…

This website uses cookies.