Imitwe yitwaje intwaro imaze imyaka myinshi igenzura Libiya yumvikanye na Leta ko igiye kuva mu bice yigaruriye.

1 year ago

Byatangajwe na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu, Trabelsi Emad, ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru. Yemeje ko imitwe yitwaje intwaro yavuye mu byicaro…

Ubwongereza burashinja Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi kuva mu masezerano yibijyanye n’ingufu

1 year ago

Guverinoma y'Ubwongereza yatangaje ko ihagaritse amasezerano nyuma y'intambara y'ubutita yari agamije kurinda ishoramari mu bihugu bikungahaye kuri peteroli nyuma ya…

Minisitiri w’ingabo muri Afurika yepfo atewe impungenge n’ubutumwa bwa SADC muri DRC

1 year ago

Thandi Ruth Modise, Minisitiri w’ingabo z’Afurika yepfo yagaragaje impungenge z’imiterere igoye y’ubutumwa bwa SADC muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo.…

Igisirikare cya Nijeriya cyasabwe guhirika ubutegetsi

1 year ago

Igice cy’Abanyanijeriya batishimiye ubuyobozi buriho barahamagarira ingabo z’iki gihugu guhirika ubutegetsi no guhirika ubutegetsi buriho. Nyuma y’ibibazo by’ubukungu mu bukungu…

Umufaransa Pierre Latour wa “TotalEnergies” niwe wegukanye agace ka 5 ka “Tour du Rwanda”. {Amafoto}

1 year ago

Agace ka gatanu k’irushanwa ryo gusiganwa ku magare “Tour du Rwanda2024 ” kasojwe kegukanwe n’umufaransa ukinira ikipe ya “TotalEnergies” ndetse…

Umunya Brazil Dani Alves wakanyujijeho muri ruhago, yakatiwe imyaka ine y’igifungo.

1 year ago

Myugariro w’umunya Brazil Dani Alves yamaze gukatirwa n’urukiko igifungo cy’imyaka igera kuri 4 ndetse n’amezi atandatu nyuma yo guhamwa n’ibyaha…

Kenny Sol na Bruce Melodie bagiye kongera kubana mu rugo rumwe.

1 year ago

Abahanzi babiri bari mu matafari agize umuziki nyarwanda bagiye guhuza imbaraga mu kuzamura Label ya 1:55 AM ndetse na muzika…

Bwa bwato baroshywe mu Kiyaga cya Kivu mu ntambara ya mbere y’Isi bwabonetse.

1 year ago

Nyuma gutangaza inkuru ivuga ko hari igikorwa cyo gushakisha ubwato bwaroshywe mu Kiyaga cya Kivu, mu Ntambara ya mbere y’Isi…

Impunzi z’Abarundi zisaga 100 zirataha mu gihugu cyazo ku bushake, Nyuma y’imyaka igera kuri 9.

1 year ago

Kuri uyu wa Gatatu, impunzi z'Abarundi zirenga 100 zirataha mu gihugu cyabo ku bushake, zose zabaga mu nkambi zigiye zitandukanye…

GSB Kiloz yacyebuye urubyiruko rusigaye rwitiranya ibigezweho no guhemukira abantu, Mu ndirimbo ye nshya.

1 year ago

Umuhanzi wa Rap Iraguha Lando Fils uzwi cyane nka GSB Kiloz wumvikana cyane muri Old School, Yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya…

This website uses cookies.