Perezida Putin yakubise hasi ibipfukamiro, yisabira abarusiya kumuzirikana mu matora.

1 year ago

Kuri uyu wa kane tariki ya 14 Werurwe 2024, Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yumvikanye mu mbwirwaruhame asaba abaturage kumuhundagazaho…

Nigeria : Abagera kuri 11 batawe muri yombi bazira kurya mu gisibo cya Ramadhan.

1 year ago

Mu gihe Ku Isi hose abayisiramu bamaze iminsi micye batangiye igisibo cya Ramadhan aho abayisiramu bose baba bari mu masengesho…

Polisi y’u Rwanda yibarutse ikigo gishya cy’Ikoranabuhanga gikoresha ibizamini byo gutwara ibinyabiziga.

1 year ago

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe Ibizamini n’Impushya zo gutwara ibinyabiziga, mu minsi iri imbere irafungura Ikigo gishinzwe gukoresha ibizamini byo…

Inteko ishinga amategeko y’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi yatora kurengera ubwisanzure bw’itangazamakuru no kugabanya kuneka abanyamakuru

1 year ago

Ku wa gatatu, amategeko mashya y’ubumwe bw’ibihugu by’Uburayi arengera ubwigenge bw’ibyumba by’amakuru yakiriye kashe ya nyuma yemejwe n’Inteko ishinga amategeko…

Ubu ikibazo cy’abimukira mu Bwongereza kigiye gucyemurwa n’ifaranga

1 year ago

Abimukira basaba ubuhunzi mu Bbwongereza bazahabwa £ 3000 ($ 3.800 ni ukuvuga arenga miliyoni 4 hafi eshanu) yo kwimukira mu…

Abakristu basuye Isiraheli nk’abakorerabushake mu gihe cy’intambara

1 year ago

Ibi ni ukuri cyane cyane muri Amerika, aho uruhare rwabo muri politiki rwagize uruhare mu gushyiraho politiki ya Isiraheli y’ubuyobozi…

Miss wa Uganda ufite inkomoko mu Rwanda yiteguye guhagararira igihugu cye mu marushanwa ya Miss World ya 71

1 year ago

Yavukiye ku mubyeyi wo mu Rwanda na se w'Umunyankore akurira mu mudugudu wa Kinoni, paruwasi ya Buremezi, mu karere ka…

Imbamutima za benshi, Nyuma yuko habayeho izamuka ry’ibiciro by’ingendo.

1 year ago

Ibiciro bishya by’Ingendo byavugishije benshi nyuma yuko byongerewe kuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Werurwe 2024 ndetse bikazatangira kubahirizwa…

Perezida Kagame yahaye bamwe mu bayobozi inshingano nshya muri Guverinoma.

1 year ago

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Werurwe 2024, Perezida wa Repubulika y' u Rwanda Paul Kagame yahaye abayobozi batandukanye…

Byamusabye kujya akoropa Studio, kugirango akore indirimbo ye ya mbere, Urugendo rugoye rwa Khalfan mu muziki.

1 year ago

Umuraperi NIZEYIMANA Oddo wamenyekanye nka Khalfan mu itsinda rya Home Boyz yahishuye byinshi bitangaje mu rugendo yanyuzemo kuva yatangira umuziki…

This website uses cookies.