Kwibuka 30
Amarushanwa yo kwibuka abazize Jenoside yashyizwe muri kamena uyu mwaka.
Ishyirahamwe ry’Umukino w’amaboko, Volleyball mu Rwanda (FRVB) ryatangaje ko irushanwa ryo kwibuka ku nshuro ya 30 abazize Jenoside yakorewe Abatutsi muw’ 1994, riteganyijwe kuva tariki 1-2 Kamena muri uyu mwaka. FRVB ni rimwe mu mashyirahamwe ya siporo mu Rwanda yashegeshwe bikomeye na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, mu Rwanda. Mu bakinnyi, abatoza, abafana n’abayobozi hose […]
Kicukiro mu murenge wa Gahanga habaye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 30.
Mu mujyi wa Kigali, akarere ka Kicukiro, mu Murenge wa Gahanga, ejo tariki 10 mata 2024, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi muw’ 1994. Icyi gikorwa cyitabiriwe n’abantu batandukanye barimo Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Dusengiyumva Samuel, Antoine Cardinal Kambanda, ndetse n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo, Eng. Uwase Patricie. […]
Ubutumwa Kiliziya Gatolika yageneye Abanyarwanda muri iki gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 30.
Musenyeri wa Diyoseze ya Nyundo yatambukije ubutumwa kiliziya Gatulika yageneye Abanyarwanda muri iki gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bwo kubaha ikiremwa muntu no gusigasira Ubumwe bw’Abanyarwanda. Ubu butumwa bwateguwe na Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro mu Nama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, butambutswa na Musenyeri Mwumvaneza Anaclet wa Diyosezi ya Nyundo. […]
Imikino
Rayon Sports yabimburiye andi makipe kwibuka. {Amafoto}
Mu gihe Abanyarwanda bibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ku wa kabiri tariki ya 9 Mata ikipe ya Rayon Sports FC yateguye igikorwa cyo kwibuka abahoze ari abakinnyi bayo bazize jenoside. Umuryango wa Rayon Sports watangaje ko iki gikorwa kizabera ku rwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza ruherereye mu karere ka Kicukiro, […]
Politiki
Perezida Kagame yasuye ubwami bw’Ubwongereza.
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame, ku munsi w’ejo nibwo yasesekaye ku mugabane w’Uburayi Aho ari muruzinduko mu gihugu cy’Ubwongereza. Kumunsi w’ejo kuwa kabiri tariki ya 9 Mata 2024, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yasuye Ubwami bw’u Bwongereza (UK), akaba yakiriwe na minisitiri w’Intebe Rishi Sunak. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu (Village Urugwiro) byatangaje ko […]
Minisitiri Dr Biruta Vicent yakiriye Perezida wa Czech n’uwa Madagascar mu Rwanda.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr Vicent BIRUTA yakiriye abakuru b’Ibihugu bya Madagascar na Repubulika ya Czech, Aho baje mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda. Perezida wa Repubulika ya Czech, Petr Pavel na Andry Rajoelina wa Madagascar bageze mu Mujyi wa Kigali ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki ya 5 Mata 2024. Aba bakuru b’ibihugu bakigera […]
Kwamamaza
Utuntu n'utundi
Gicumbi : Umusore yanizwe n’inyama kugeza ashizemo umwuka.
Mu karere ka Gicumbi haravugwa inkuru y’umusore wo mu kigero cy’imyaka 22 wapfuye azize inyama yariye ikaza kumuniga ikamuhagama kugeza imwambuye ubuzima. Ibi byabereye mu Karere ka Gicumbi, umurenge wa Byumba , Akagali ka Gacurabwenge umudugudu wa Rwasama, Aho uyu musore w’imyaka 22 bivugwa ko yamize inyama ikamuniga ndetse kugeza apfuye, Uyu musore witwa Dushimimana […]
Umubyeyi yahisemo kuraga umutungo we ungana na miliyari 2 frw amapusi ye 2, nyuma yo gutereranwa n’abana be.
Ms. Liu w’imyaka 68 ubarizwa mu mujyi wa Shanghai, yibarutse abana batanu, kuri ubu akaba azahajwe n’indwara ya kanseri kugeza ubwo yatangiye kuraga imitungo ye ndetse uko yabikoze bitangaza benshi. Abaganga bamaze ku mubwira ko asigaje igihe gito cyo kubaho kitarangeje amezi 6, Ibi byatumye ahita afata ikemezo cyo kuraga imitungo ye hakiri kare, Televiziyo […]
Bugesera : Yasubije moto yari yibye nyuma yo gutererezwa Inzuki.
Mu Karere ka Bugesera mu mujyi wa Nyamata haravugwa inkuru itangaje y’umusore wibye Moto umuvandimwe we akaza guhabwa isomo ryatumye yihutira gusubiza iyo moto uwo yayibye ndetse akarahira kutazongera ukundi. Umusore utuye mu Murenge wa Nyamata yasubije mukuru we moto yari yamwibye nyuma yo gutererezwa inzuki, Ahagana saa munani z’amanywa kuri uyu wa Kabiri nibwo […]
Umurava TV
-
registro de Binance US commented on Umwe mu bayobozi mu Burundi avuga ko inyeshyamba zishe abantu 9 kandi ashinja u Rwanda gushyigikira uyu mutwe: Your article helped me a lot, is there any more re
-
binance-ны ашуы шн тркелу commented on Benin yohereje ingabo 2000 zo gufasha Haiti mu ntambara yo kurwana n’udutsiko twitwaje intwaro: Thanks for sharing. I read many of your blog posts
-
Referal Binance commented on Abakinnyi 62 b’umupira w’amaguru bahagaritswe kubera gutunga “indangamuntu ebyiri”: Can you be more specific about the content of your
-
binance referral code commented on Islael MBONYI ukomeje gushimangira ko umuziki we wagutse bihambaye, Yerekeje ibitaramo i Kampala na Mbarara.: Thanks for sharing. I read many of your blog posts
-
Kod Binance commented on Ubwoba ku Banyapalestine mu makuru avuga ko Isiraheli iteganya kwagura Rafah: Your point of view caught my eye and was very inte